Abakobwa babiri b’abavandimwe bo mu Mudugudu wa Mugogo mu Kagari ka Gasongero mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze, baratabaza ubuyobozi bavuga ko basaza babo babiri (abahungu babiri bavukana) bafatanyije na mama wabo baherutse kubasenyera inzu babamo, aho babazizaga ko babyariye iwabo.
Amakuru dukesha TV1 avuga ko aba bakobwa babyutse kare bajya gushaka ibibatunga kuko nta bagabo bafite, ngo batungurwa no guhamagarwa babwirwa ko inzu yabo iri gusenywa na mama wabo afatanyije na basaza babo.
Umwe yagize ati “Telefone imaze gusona ndumva ngo ngwino ngo bari gusenya, mpageze nasanze ari basaza banjye babiri na mama ahahagaze bayirangije (barangije gukuraho amabati).”
Bivugwa ko ubwo papa wabo yari amaze kwitaba Imana aribwo batangiye kuba muri iyi nzu kuko mama wabo yahise ayibatamo ajya kuba ahandi yubatse.
Umwe muri aba bakobwa akomeza avuga ko bari kwirukanwa muri iyi nzu kubera babyariye iwabo, aho nga basaza babo bababwira ngo basange abagabo babyaranye.
Yagize ati “Ni aha ngaha ndi kuba nta kundi, dore kandi nageretseho ibibati, kuko nta handi hantu ho buna nabona.”
Undi na we yagize ati “Ihohoterwa turi gukorerwa nuko ntaho kuba dufite, naho twakagombye kuba turi bakaza bakahasenya, bakatubuza umutekano, ngo ni tuve hano ntabwo badushaka. Bari kutuziza ko twabyaye ngo ni tuve hano ntabwo badushaka, ngo dusange abaduteye inda.”
Umubyeyi waba bakobwa ntiyabonetse ku murongo wa telefone kugira ngo agire icyo abivugaho, gusa umwe muri basaza be wari uri gusenya naw, yavuze ko batumwe na nyina ngo bahasenye kugira ngo abone uko ahagurisha, nyuma abone amafaranga yo kwishyura SACCO angana na miliyoni 1 Frw ngo kuko hari mu ngwate.
Ubuyobozi b’Umurenge wa Remera bwavuze ko buzi iby’aya makuru, ndetse ngo ubwo bwari butangiye gukurikirana iki kibazo bwasanze nyina w’aba bakobwa yariyambaje Urukiko, hanyuma rumuha uburenganzira bwo kugurisha iyi nzu kugira ngo abone uko yishyura uyu mwenda wa SACCO.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera, Twizerimana Clement, aganira n’umunyamakuru wa Tv1 yavuze ko aba bari kwirukanwa mu nzu Leta igiye kubashakira aho kuba.
Ati “Uwo mukobwa ubuyobozi bwamusabye ko yashaka inzu ubuyobozi bukaba buri kuyishyura, mu gihe tutarabona igisubizo gihoraho cy’icyo kibazo.”
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775