Abakekwaho gukorana n’umutwe wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari guhigwa bukware

Inzego z’u Burundi zishinzwe iperereza ziri guhiga bukware Abarundi bakekwaho gukorana n’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. 

Ikinyamakuru SOS Burundi kiravuga ko amakuru cyakuye mu nzego z’umutekano avuga ko byamaze gutahurwa ko hari imikoranire iri hagati y’abayobozi bo mu ntara ya Cibitoke, by’umwihariko muri komini Mabayi bakorana n’abarwanyi ba FLN bafite ibirindiro mu ishyamba rya Kibira. 

Aya makuru yashakishijwe nyuma y’aho abaturage bo muri Mabayi bagaragaje ko batewe impungenge n’aba barwanyi bava muri Kibira, bakajya gushakira ibiribwa mu masoko yabo, bagasubiza mu ishyamba, nta we ubakomye mu nkokora. 

Amwe agira ati: “Ubushuti hagati y’abayobozi ku rwego rwa komini n’izi nyeshyamba butuma zijya mu masoko yo mu gihugu mu mutekano usesuye, zigasubira mu ishyamba cyimeza riri ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda.” 

Bivugwa ko aba barwanyi bacukura amabuye y’agaciro muri Kibira, bakayaha abayobozi n’abacuruzi muri Mabayi by’umwihariko, hanyuma na bo bakabafasha kubona ibiribwa bibatunga. 

Tariki ya 10 Kanama 2023, hatawe muri yombi umuyobozi ku rwego rwa komini muri Mabayi witwa Ndahabonyimana Nicodème, Ntayoberana uyoboye zone Mabayi, Barisubireko Zacharie uyoboye umudugudu wa Gitukura ndetse n’Imbonerakure eshatu. 

Guverineri w’intara ya Cibitoke, Bizoza Carême yemeje inkuru y’itabwa muri yombi ry’aba bantu, yongeraho andi makuru azamenyekana nyuma y’iperereza. 

Abatawe muri yombi bajyanwe gufungirwa by’agateganyo mu ntara ya Bujumbura. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *