Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024 ahagana saa yine n’igice z’amanywa, abaturage bagera kuri 80 bo mu murenge wa Gakenke, mu Karere ka Gakenke bafatiwe kibuti cyororerwamo inkoko, barimo basenga mu buryo bunyuranyije n’amabwiriza y’ahakwiriye gusengerwa.
Inzego z’umutekano zabajyanye ku Biro by’Umurenge wa Gakenke, kugira ngo baganirizwe ku mabwiriza agenga ahemewe gusengerwa, cyane ko ngo bari basanzwe basengera muri iyo nzu yororerwagamo inkoko.
Aya makuru yemejwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Mukandayisenga vestine, aho yavuze ko aba bantu bafashwe basenga mu buryo butemewe bityo bajyanywe kwigishwa hanyuma basubire mu miryango yabo.
Ati “Abaturage turabigisha basubire mu ngo zabo cyane ko muri iyi minsi turi kugenzura insengero zikora, izigisha ibintu biyobya abaturage.”
“Niba abantu bajya gusengera ahantu hadasobanutse mu kiraro cy’inkoko biteye isoni, kuko harimo abafite abana bakiri bato kandi dufite igihugu kigendera ku mategeko. Inyigisho bakeneye ni nyinshi, ibaze kujya gushakira Imana mu kiraro cy’inkoko.”
Abafashwe bajyanywe ku Murenge wa Gakenke guhabwa inama no kwibutswa amabwiriza agenga ahemerewe gusengerwa, nyuma bakaza kurekurwa bagasubizwa mu miryango yabo.
Ibi kandi bibaye mu gihe mu Turere tugize Intara y’Amajyaruguru harimo gukorwa umukwabu wo gusura insengero harebwa niba zujuje ibisabwa, birimo isuku, gusengera mu nsengero zuzuye, kuzishyiraho imirindankuba, kureba niba abayobora amadini n’amatorero bafite ubushobozi n’ubumenyi buhagije n’ibindi.
Ibi bibaye mu gihe mu Karere ka Musanze hamaze gufungwa izigera ku 185 zitujuje ibisabwa.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775