Abanyamakuru b’Abanyarwanda bakora inkuru za siporo bahakanye amakuru yahwihwiswaga avuga ko basatswe n’abakozi b’urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza, SNR.
Iyi kipe igizwe n’abantu 24 barimo abakinnyi 17 bavuye mu Rwanda tariki ya 11 Kanama 2023, yerekeza i Bujumbura gukina n’indi y’abanyamakuru ba siporo kuri uyu wa 12 Kanama.
Amakuru yaturutse mu Burundi yavuze ko muri Jacks Light Hotel barayemo, mu gitondo aba bakozi b’urwego rw’ubutasi bagiye kubasaka, gusa ntibagira icyo babafatana.
Yagiraga ati: “Iperereza ni ryo ryagiye kubasaka aho baraye muri hoteli yitwa Jacks Light Hotel iri muri karitsiye Kigobe, muri zone Gihosha iri muri Komini Ntahangwa. Nyuma y’iryo sakwa, nta kintu kibi cyatowemo.”
Ishyirahamwe ry’aba banyamakuru rizwi nka AJSPOR, ryaraye ritangaje ko aya makuru ari igihuha. Riti: “Amakuru yagiye hanze avuga ko delegasiyo yacu iri i Burundi habayeho gusakwa muri Hotel Jacks Light Hotel ni ikinyoma cyambaye ubusa, nta rwego rw’umutekano na rumwe rwasatse delegasiyo yacu ndetse n’umukino uhuza asosiyasiyo zombi wagenze neza.”
Amakuru ducyesha ikinyamakuru BWIZA ni uko, ahubwo aba banyamakuru basabwe ibyangombwa by’inzira bifashishije binjira mu Burundi, bikaba ari byo byitiranyijwe n’isakwa.
Umukino warangiye amakipe yombi anganya ubusa ku bundi (0-0).
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com