Abantu bane barimo Abashinwa babiri, nibo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’igitero imitwe yitwaje intwaro yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC yagabye ku modoka zari zitwaye amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Zahabu.
Uretse aba Bashinwa Amakuru dukesha Al Jazeera avuga abandi bantu babiri bapfuye barimo umusirikare ndetse n’umushoferi bose bakomoka muri RDC.
Iki gitero cyagabwe ku wa 01 Nzeri 2023, cyari kigambiriye gutega imodoka enye za Sosiyete ya TSM Mining zari zitwaye amabuye yo mu bwoko bwa Zahabu ziyakuye mu birombe biri hafi y’Umugezi wa Kimbi muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
TSM Mining ni sosiyete yashinzwe mu 2004 n’Ihuriro ry’Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bo muri Canada, MAC, hagamijwe gufasha ibigo byo muri uru rwego gufasha abaturage baturiye ibirombe, nabo ayo ambuye akababyarira amafaranga ariko bigakorwa hatanangijwe ibidukikije.
Umwe mu bayobozi ba Teritwari ya Fizi witwa Sammy Badibanga Kalondji yavuze ko icyo gitero cyakomerekeje abandi bakozi batatu, barimo Umushinwa umwe, umusirikare ndetse n’umukozi wo mu birombe bose bakomoka muri RDC.
Uyu muyobozi yavuze ko izo nyeshyamba zagabye igitero zatwaye amwe muri ayo mabuye ya Zahabu, ziyirukankana mu mashyamba, yemeza ko zari ziturutse mu bice bya Maniema.
Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikunze kurangwamo ibitero bitandukanye biba bigamije gusahura amabuye y’agaciro, aho muri iyi minsi muri iki gice hari kugaragara amakimbirane adasanzwe hagati ya bakavukire bo muri RDC ndetse n’ibigo by’Abashinwa bicukura ayo mabuye muri ibyo bice.
U Bushinwa buri mu bihugu bya mbere byashoye imari mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri RDC, aho iki gihugu cyihariye igice kinini cy’inganda zitunganya amabuye y’agaciro ahenze kurusha andi. Kuri ubu u Bushinwa bugenzura ibirombe bigera kuri 19 muri RDC.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com