Abirabura basabye impozamarira z’ubucakara abakurambere babo bakoreshejwe muri amerika

Nibura 77 % by’abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaje ko bashaka impozamarira y’ubucakara abakurambere babo bakoreshejwe ubwo bajyanwaga muri Amerika bakuwe muri Afurika.

Ubugenzuzi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi Pew Research Center, bugaragaza ko nubwo benshi bifuza iyo mpozamarira babizi neza ko bigoye kuzibona.

Abantu icyenda mu icumi babajijwe, bavuze ko bifuza ko ikibazo cyagezwa no mu nkiko cyangwa se ubundi buryo bwose bw’ubutabera.

Ikinyamakuru Harper’s Magazine cyigeze kugaragaza ko gishingiye ku bucakara bwakorewe Abirabura muri Amerika guhera mu 1619 kugeza mu 1787, hatanzwe indishyi zaba zingana na miliyari ibihumbi 97 z’Amadolari.

Ubucakara bugezweho bukomeje gukurana ingoga no kuba imbogamizi ikomeye, bitijwe umurindi n’amakimbirane akongezwa n’umubare munini w’abatunze imbunda, imihindagurikire y’ikirere ndetse n’ibyorezo, nk’uko bigaragazwa na raporo y’Umuryango w’Abibumbye.

Imibare y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku murimo (ILO), yerekana ko nibura abagera kuri miliyoni 50 cyangwa umuntu umwe mu bantu 150 bariho, aba akoreshwa imirimo y’agahato cyangwa akaba yarinjiye mu by’urushako abisunikiwemo, atari ibimuvuye ku mutima.

Uyu muryango ukomeza uvuga ko ibintu birushaho kuba bibi kandi bihangayikishije, ku buryo mu myaka itanu ishize abagera hafi kuri miliyoni 10 bamaze gushorwa mu bikorwa by’ubucakara.

Umuyobozi mukuru wa ILO, Guy Ryder agira ati: “Nta kintu nk’impamvu cyasobanura uku kwiyongera kw’ibikorwa bikandamiza uburenganzira bwa muntu”.

Yakomeje avuga ko umuntu wese azi igikwiye gukorwa, uhereye ku bigo by’ubucuruzi, imiryango ishinzwe n’iharanira uburenganzira bw’abakozi, sosiyete sivile n’abantu basanzwe, bose bashobora gutanga umusanzu no kugira uruhare rukomeye mu gutuma iki kibazo kivugutirwa umuti.

ILO ishimangira ko ikibazo cyo gukoreshwa imirimo y’ubucakara kitugarije gusa abo mu bihugu bikennye, ahubwo cyageze no mu Burengerazuba bw’Isi.

Uyu muryango uvuga ko abarenga kimwe cya kabiri bakoreshwa imirimo y’agahato ari ababarizwa mu bihugu bitunze cyane, ibikize ndetse n’ibifite umusaruro mbumbe uri hejuru.

Uretse kuba abantu bakoreshwa imirimo y’agahato, abahatirwa gushaka abagabo cyangwa abagore runaka batujuje imyaka y’ubukure cyangwa se bakabikorerwa bidaturutse ku bushake bwabo, nabo bafatwa nk’abakoreshwa ubu bucakara bugezweho, butandukanye n’ubwahozeho mu myaka yo hambere.

Abakoresha abandi iyi mirimo y’ubucakara bitwaza ububasha n’ubushobozi baba bafite, bigatuma bahohotera abantu mu buryo bukomeye ku buryo bigira ingaruka z’igihe kirekire ku buzima.

BBC itangaza ko hirya no hino ku Isi, abantu bagera kuri miliyoni 27,6 bakoreshwa imirimo y’agahato.

Muri bo, abagera kuri miliyoni 3,3 ni abataruzuza imyaka y’ubukure ndetse ugasanga abarenga kimwe cya kabiri muri abo bana bakoreshwa ibikorwa by’ubusambanyi hagamijwe kubacuruza.

Abandi bagera kuri miliyoni 22, ni abantu bategekwa gushaka abagabo cyangwa abagore ku gahato. Aba biganjemo abagore kuko umubare wabo ugera kuri bibiri bya gatatu, kandi benshi muri bo babikoreshwa bakiri munsi y’imyaka 15.

Iyi raporo ihamagarira buri wese gukora iyo bwabaga, ibikorwa bishora abana mu gisirikare, ibituma abantu barahindutse abimukira biturutse ku mihindagurikire y’ikirere byose bigahagarara, kuko bishyira benshi mu byago.

Abatuye isi kandi basabwa kuzirikana ko ibintu bidakwiye guhera gusa mu magambo, ahubwo imbaraga zikajya mu bikorwa.

Ukwiyongera kw’abakoreshwa ubucakara muri iki gihe kwiganje mu nzego z’abikorera, aho hari n’abakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina   

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *