Polisi y’u Bwongereza yataye muri yombi batandatu babaye abapolisi nyuma y’aho iperereza rigaragaje ko bakwirakwije mu itsinda rya WhatsApp ubutumwa bw’ivangura buvuga ku Rwanda na Pakistan.
Aba ni Peter Booth w’imyaka 66 y’amavuko, akaba yaravuye muri Polisi muri Mata 2001, Robert Lewis w’imyaka 62, wasezerewe mu 2015, Anthony Elsom w’imyaka 67, wasezerewe mu 2012, Alan Hall w’imyaka 65, wasezerewe mu 2015, Michael Chadwell w’imyaka 62, wasezerewe mu 2015 na Trevor Lewton w’imyaka 65, wasezerewe mu 2009.
Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byo mu Bwongereza bimaze kubitangaza, aba Bongereza bari basanzwe bakorera urwego rwigenga rurinda umutekano w’abashingamategeko n’abadipolomate, bikaba byaragaragaye ko bakwirakwije ubu butumwa hagati ya Kanama 2018 na Nzeri 2022.
Ikinyamakuru The Sun cyatangaje ko ubutumwa bwakoze kuri aba Bongereza burimo ubuvuga kuri gahunda y’u Rwanda n’u Bwongereza yo kuzana abimukira i Kigali, umwuzure uherutse kwica abantu 1700 muri Pakistan ndetse n’igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markel.
Iperereza kuri aba bagabo ryatangiye nyuma y’inkuru y’ubucukumbuzi BBC yabatangajeho mu Kwakira k’umwaka ushize.
Umwe mu bakomanda bariyoboye, James Harman yagize ati: “Ubwo twamenyeshwaga ibi birego, twatangiye iperereza. Nshimishijwe n’uko nyuma y’akazi gakomeye, twabashije kubitahura.”
Gusa kubera impamvu yo gusigasira ihame ry’ubunyamwuga, nta ruhande, rwaba Polisi ndetse n’ibinyamakuru byo mu Bwongereza, rwigeze rusubiramo amagambo aba bagabo bakoresheje muri iri tsinda rya WhatsApp.
Biteganyijwe ko bazatangira kuburanishirizwa mu rukiko rwa Westiminster tariki ya 7 Nzeri 2023.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com