AMAKURU MASHYA: Hari kwigwa umushinga wo kwemerera abana b’abakobwa gushyingirwa ku myaka 9 y’amavuko

Mu gihugu cya Iraq, hatangiye umushinga w’itegeko rigamije guhindura imyaka yemewe yo gushyingirwa, ku buryo abana b’abakobwa bafite imyaka icyenda y’amavuko bakemererwa gushyingirwa ndetse n’abahungu b’imyaka 15 na bo bakabyemererwa. 

Ni umushinga watangiye kwigwa n’itinda ‘Cordination Framework’ ry’amashyaka ya Politike agendera ku mahame y’Idini ya Islam muri icyo gihugu cya Iraq.  

Ubusanzwe muri kiriya gihugu, itegeko ryemera ko yaba umuhungu cyangwa umukobwa ashyingirwa ku myaka 18 y’amavuko, n’uri munsi y’iyo myaka afite 15 akaba ashobora gushyingirwa mu gihe umucamanza abyemeye n’ababyeyi be bakabitangira uruhushya. 

Ikinyamakuru Dail Mail cyatangaje ko kuri uyu wa 9 Kanama 2024, iryo tsinda ry’Abayisilamu bo mu bwoko bw’Aba-Shia riteganya guhindura iri tegeko ku buryo riha uburenganzira abayobozi b’amatsinda yo mu Idini ya Islam b’Aba- Sunni n’Aba-Shia babyemeza n’umwana muto w’umukobwa akaba yashyingirwa ku myaka Icyenda. 

Amakuru avuga ko iki gitekerezo cyatanzwe mu Nteko Ishinga Amategeko ku wa 24 Nyakanga 2024, kugira ngo kiganirweho hanigwe ku zindi mpinduka zakorwa ku itegeko rijyanye n’ugushyingirwa, abandi banyepolitiki bayitabiriye bagitera utwatsi bitinza ibyo kugifataho umwanzuro. 

Icyakora ku wa 28 Nyakanga 2024 abo mu miryango irengera uburenganzira bwa muntu n’abaharanira iterambere ry’abagore n’abakobwa biraye mu mihanda mu Murwa Mukuru Baghdada bigaragambya bamagana icyo cyemezo, bagaragaza ko cyatiza umurindi abo mu Idini ya Islam muri icyo gihugu basanzwe bafite imyizerere y’uko gushyingirwa k’umwana ntacyo bitwaye, bakabashyingira ku bwinshi bikaba byakwangiza ahazaza habo mu gihe baba bataragera mu myaka ishyitse yo kubaka ingo. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *