Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe w’Ibirwa bya São Tomé-et-Príncipe, Patrice Émery Trovoada, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi, aho bagiranye ibiganiro byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Patrice Trovoada ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki 30 Kanama 2023.
Ntabwo hatangajwe byinshi ku biganiro impande zombi zagiranye n’ubwo amakuru yatangajwe avuga ko baaganiriye ku ngingo zirimo ibibazo by’Akarere no ku ruhando mpuzamahanga.
Umubano w’u Rwanda n’Ibirwa bya São Tomé-et-Príncipe, umaze igihe kandi ushingiye ku bufatanye n’ubwubahane cyane ko Minisitiri w’Intebe, Patrice Émery Trovoada, amaze kugenderera u Rwanda inshuro eshatu.
Mu Ukuboza 20216, ibihugu byombi byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo ubukerarugendo, umutekano n’ubwikorezi bwo mu kirere.
Abayobozi b’inzego zitandukanye ku mpande zombi kandi baragenderana mu ngendo zigamije ishyirwa mu bikorwa ry’ayo masezerano.
Nko muri Gicurasi mu 2022, itsinda ry’abayobozi baturutse mu Birwa bya São Tomé-et-Príncipe riyobowe na Minisitiri w’Ubutabera, Uburenganzira bwa Muntu akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta ryagiriye uruzinduko rw’akazi i Kigali ndetse basura Laboratwari y’u Rwanda y’Ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu Butabera (Rwanda Forensic Laboratory) bakagirana ibiganiro.
Mu yandi makuru agezweho, Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abajenerali barimo Gen James Kabarebe.
Mu bandi bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo Gen Fred Ibingira, Lt Gen Charles Kayonga, Lt Gen Frank Mushyo Kamanzi, Maj Gen Martin Nzaramba, Maj Gen Eric Murokore, Maj Gen Augustin Turagara.
Hari kandi Maj Gen Charles Karamba, Maj Gen Albert Murasira, Brig Gen Chris Murari,Brig Gen Didace Ndahiro na Brig Gen Emmanuel Ndahiro.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com