Amashusho ya The Ben akorakora umukobwa ufite imiterere idasanzwe bifotozanyije akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga

Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize nibwo umuhanzi nyarwanda, The Ben na Rema Namakula bataramiye i Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda. 

Gusa hari amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu muhanzi asa n’ukorakora ku mwenda w’imbere w’umukobwa bifotozanyaga. 

Amakuru avuga ko uyu mukobwa yitwa Emelyne Uwase Isheja ndetse ngo ubusanzwea kunda gitemberera ahantu hatandukanye.  

Ibi byabaye ubwo hageze  igihe hakabaho umuhango wo kwifotozanya n’abafana bari bitabiriye ibi birori, gusa hafashwe amashusho akomeje gutangaza abantu benshi, agaragaza uyu muhanzi [The Ben] asa n’ukorakora umukobwa ufite imiterere idasanzwe, aho bamwe bavuga ko yakorakoraga ku kenda ke k’imbere. 

Kugeza na nubu ni amashusho atari kuvugwaho rumwe kuko hari bamwe bavuga ko uyu muhanzi yari ari gukora ku ikanzu y’uyu mukobwa bityo ko ntabidasanzwe gusa ntibahuze nabavuga ko yakorakoraga akenda ke k’imbere dore ko akimara kubikora uyu mukobwa yabaye nk’umuntu wikanze. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *