Amashusho y’urukozasoni y’umuhanzikazi wo muri Uganda yateje impagarara anahagurutsa ubuyobozi. >>> Video

Nyuma y’aho ku mbuga zitandukanye zo muri Uganda hasakajwe amashusho agaragaza umuririmbyikazi witwa Angela Kalule yerekana imyanya y’ibanga, umuco wo gufata amashusho y’urukozasoni umaze gukwira muri icyo gihugu watangiye kwamaganirwa kure n’abayobozi.

Angela Kalule w’imyaka 40 wifashe amashusho yerekana ubwambure n’imwe mu myanya y’ibanga ye asanzwe ari umwe mu bahanzi bafatwa nk’abakuze muri Uganda ndetse anamaze igihe kirekire akora umuziki muri icyo gihugu nubwo umuziki we utarambuka imipaka.

Nyuma y’ikwirakwira ry’ayo mashusho y’urukozasoni, Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe amahame ngengamyitwarire n’ubunyangamugayo, Simon Lokodo, yabwiye The New Vision ko uwo muhanzi ashobora gutangira gukurikiranwa agahatwa ibibazo cyane ko ngo n’abandi benshi bamaze kubigira nk’umuco muri icyo gihugu.

Yagize ati: “Bigaragara nk’aho ibi byabaye nk’umuco mu bahanzi baba baribagiranye, bakabyifashisha bagamije kongera kumenyekana, gusa imyanzuro ikakaye itegereje Kalule”.

Kalule ugaragara mu mashusho yateje impagarara muri Uganda, mu kiganiro yagiranye na Capital FM yo mu Mujyi wa Kampala, yavuze ko gushyira ahagaragara ubwambure bwe atabigizemo uruhare, yongeraho ko ngo nubwo bimeze gutyo atazigera ahagarika koherereza amashusho nk’ayo umugabo we mu gihe abimusabye.

Uyu mugore yavuze ko ngo intandaro yo kuba ayo mashusho yarashyizwe ahagaragara ari ukuba telefoni ye yaribwe mu minsi ishize.

Ibitangazamakuru bitandukanye muri Uganda byakomeje kugaruka kuri ayo mashusho ndetse avugwaho mu buryo butandukanye na benshi mu bakurikirana ibijyanye n’imyidagaduro.

Lokodo uri mu bayobozi bo muri Uganda bavuze kuri iki gikorwa, yavuze ko hari gukorwa iperereza ku cyihishe inyuma y’ishyirwa hanze ry’ayo mashusho.

Ati: “Itsinda ryacu rishinzwe iperereza muri Kibuli riratangira gukora amatohoza yimbitse kuri iki kibazo kandi uzabifatirwamo gushyira ahagaragara amashusho y’ubwambure cyangwa kwiba telefoni ya Kalule azabibazwa imbere y’ubucamanza”.

Uganda ni kimwe mu bihugu byo mu Karere byakunze kumvikanamo ibyamamare bishyira ku kararubanda amafoto n’amashusho abigaragaza byambaye ubusa. Uwavuzwe cyane mu minsi ishize ni Desire Luzinda.

Mu bagore bakunze kuvugwa muri ibyo bikorwa byo kwerekana ubwambure muri icyo gihugu barimo Zari Hassan, Cindy Ssanyu, Hellen Lukoma, Brenda Nambi, Maureen Namatovu hakiyongeraho n’abanyeshuri ba za kaminuza zitandukanye bakunze kugaruka mu bitangazamakuru ku bw’amashusho abagaragaza bambaye ubusa.

Amashusho y’urukozasoni y’umuhanzikazi wo muri Uganda yateje impagarara anahagurutsa ubuyobozi. >>> Video

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina   

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *