Amerika: Hasohotse ifoto ya mbere ya Donald Trump ari muri gereza, anahabwa nomero iranga imfungwa

Ifoto igaragaza ko Donald Trump wigeze kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi, yagiye ahagaragara nyuma yo kumara iminota 20 muri gereza, ariko nyuma aza kurekurwa atanze ingwate. 

Donald Trump yitabye kuri Gereza yo mu gace ka Fulton, mu Mujyi wa Atlanta muri Leta ya Georgia, ahita asabwa kwicara bagafata ifoto n’ibindi byangombwa byose biranga imfungwa ziri muri iyi gereza. 

Ifoto yafashwe yashyizwe ku rubuga rwa gereza, ahabwa nomero imuranga nk’imfungwa ‘P01135809’. Gusa nyuma y’iminota 20 yarekuwe atanze ingwate y’ibihumbi 200 by’Amadorali ya Amerika. 

BBC yanditse ko Trump yahawe ibwiriza ryo guhagarika kwandika ku mbuga nkoranyambaga no kureka kuvugisha abatangabuhamya kuko byafatwa nko kubatera ubwoba, keretse bikozwe binyuze mu bamwunganira mu mategeko. 

Trump amaze gusohoka muri gereza yanditse ku rukuta rwe rwa X ati “Ikinyoma mu butabera.” 

Yabwiye abanyamakuru ko amatora ya 2020 yabayemo uburiganya ndetse ngo kunenga ibyayavuyemo si we wa mbere ubikoze. 

Iyi ni yo foto ya mbere ya Trump ifashwe ku mpamvu z’ikirego aregwa. Yatawe muri yombi izindi nshuro eshatu ariko ntihigeze hafatwa amakuru amuranga arimo n’ifoto ngo bishyirwe ahagaragara. 

Ikirego akurikiranyweho muri Georgia ni icyo gushaka kwiba amajwi no guhindura ibyagombaga kuva mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2020. 

Abandi bantu bari bakomeye muri Amerika bagatabwa muri yombi, bagafatwa n’amafoto yo muri gereza harimo Elvis, Frank Sinatra, Al Capone na Dr Martin Luther King Jr.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Ifoto ya mbere ya Trump ari muri Gereza yashyizwe ahagaragara

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *