Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco, akaba n’umuyobozi w’itorero ry’igihugu, ni umugororwa utinyitse mu igororero rya Nyarugenge riherereye mu murenge wa Mageragere.
Uyu munyapolitiki afungiwe muri iri gororero kuva muri Mutarama 2023 ubwo urukiko rukuru rwamukatiraga igifungo cy’imyaka itanu, rumaze kumuhamya icyaha gifitanye isano na ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
Mutimura Abed uzwi nka AB Godwin mu gutunganya amashusho y’indirimbo, wasanze Bamporiki Edouard muri iri gororero muri Gicurasi 2023, nyuma yo guhamywa icyaha cyo gukoresha akadege katagira abapilote atabifitiye uburenganzira.
Uyu musore uherutse gufungurwa, mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa MIE Empire, yatangaje ko yasanze mu igororero rya Nyarugenge harimo abagororwa n’abafungwa bubashywe kandi batinyitse, barimo Bamporiki wahawe inshingano yo kuba Umuvunyi muri iki kigo.
Mutimura yasobanuye ati: “Bamporiki ni umuntu wubashywe hariya. No muri komite yose yo muri gereza ni we mukuru.”
“Ubundi Gitifu ni we uba ukuriye gereza ariko Bamporiki we ni Umuvunyi. Ni umunyacyubahiro cyane. Ni wa muntu, hashobora kuba nk’inama y’ikigo, agatanga proposal igahita ikorwa.”
Uyu musore aravuga ko itandukaniro ry’imibereho y’abagororwa cyangwa abafungwa, abanyacyubahiro n’abaciye bugufi, riba ryigaragaza cyane mu igororero; haba mu mirire no mu myambarire.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com