Barcelona ntabwo ishaka kuva ku bintu – Avugwa mu binyamakuru ku wa Gatanu

Uko iminsi iri kugenda ishira niko isoko ry’igura n’igurishwa rya’abakinnyi ku mugabane w’Uburayi riri kugenda riryoha uko iminsi iri gushira.

Uyu munsi tugiye kurebera hamwe amakuru ari kuvugwa mu binyamakuru bitandukanye ku mugabane w’Uburayi ku wa Gatanu, aho bagarutse ku bakinnyi nka Raphinha, de Ligt, Ake, Firmino, Kimpembe n’abandi.

Amakuru ari kuvugwa mu binyamakuru

Barcelona yiteguye gutanga asanga miliyoni £60 kugira ngo isinyishe Raphinha wa Leeds United w’imyaka 25 y’amavuko kugira ngo inyure kuri Chelsea mu rugamba rwo gusinyisha uyu musore, byatangajwe na Times.

Chelsea igeze kure ibiganiro byo gusinyisha Matthijs de Ligt wa Juventuns. Uyu myugariro w’imyaka 25 y’amavuko afite miliyoni £102 mu masezerano ye nk’amafaranga yagurwa aramutse ashaka kugenda, byatangajwe na Telegraph.

Myugariro wa Paris Saint-Germain n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa, Presnel Kimpembe w’imyaka 26 y’amavuko yifuzwa na Chelsea, mu gihe Paris Saint-Germain iri gushaka undi myugariro, byatangajwe na Goal.

Manchester City izagurisha Nathan Ake w’imyaka 27 ni baba babonye umusimbura we. Biravugwa ko uyu myugariro ashobora gusubira muri Chelsea yahozemo, byatangajwe na MEN.

Tottenham igeze kure ibiganiro byo gusinyisha Djed Spence w’imyaka 21 y’amavuko wa Middlesbrough kuri miliyoni £15 n’inyongera, byatangajwe na Sky Sports.

Juventus ishaka rutahizamu wa Liverpool n’ikipe y’igihugu ya Brazil, Roberto Firmino w’imyaka 30 y’amavuko mu igurana na Adrien Rabiot w’imyaka 27 y’amavuko, byatangajwe na Calciomercato.

West Ham United ikomeje gushyiramo imbaraga kugira ngo irebe ko yasinyisha Jesse Lingard w’imyaka 29 y’amavuko ku buntu. Uyu mugabo wahoze muri Manchester United arasabwa kugabanya umushahara kugira ngo ajye muri West Ham, byatangajwe na Guardian.

Wolves yatsinze urugamba rwo kugumana Ruben Neves nyuma yuko habuze ikipe itanga miliyoni £75 basabye kugira ngo bamurekure muri iyi mpeshyi, byatangajwe na The Sun.

Kalvin Phillips ukina mu kibuga hagati muri Leeds United arakora ikizamini cy’ubuzima muri Manchester City uyu munsi, ku wa Gatanu, mbere yo kwerekeza muri iyi kipe atanzweho miliyoni £45 zose, byatangajwe na Sky Sports.

Manchester United yiyongeye kuri Newcastle mu rugamba rwo gusinyisha Benoit Badiashile wa Monaco. Uyu myugariro ahagaze agaciro ka miliyoni £50, byatangajwe na Nice-Matin.

Sergio Romero w’imyaka 35 y’amavuko arashaka kugaruka muri Manchester United nyuma y’umwaka umwe ayivuyemo akereza muri Venezia, byatangajwe na MEN.

Andreas Pereira wa Manchester United arashaka kujya muri Flamengo bihoraho, aho ari gukina ku ntizanyo, ni ubwo Fulham na Crystal Palace zimushaka, byatangajwe na Goal.

Nottingham Forest iri mu biganiro na Manchetser City kugira ngo isinyishe Issa Kabore wa Manchester City, ndetse izatanga amafaranga igerageza gusinyisha Harry Toffolo wa Huddersfield United, byatangjwe na The Guardian na The Athletic.

FC Bayern Munchen yanze amafaranga Barcelona yatanze kugira ngo isinyishe Robert Lewandowski w’imyaka 33 y’amavuko. Bayern Munchen ishaka miliyoni £43 kugira ngo irekure uyu rutahizamu, byatangajwe na Bild.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

https://youtu.be/TsM1KDSCXVk

https://youtu.be/1GJf4cNjyPE

https://youtu.be/hRKXlorWMJ4

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *