Basore mwirinde! Dore ibizakwereka ko umugore ashaka kukubera Shugamami, bitume umwirinda hakiri kare

Mu buzima busanzwe, hari abagore bakuze bafite amafaranga bakunze kwishimira gukundana n’abasore bakiri bato. Ni ibintu biba bitangaje cyane, ndetse ushobora kubibona ukagirango ni ibintu bisanzwe, ndetse iyo utabyirinze ushobora gusanga byakugejeje ku rundi rwego. 

Umugore wese ushaka kukubera Shugamami akenshi aba akurusha amafaranga yewe akenshi akunze kuba akuruta. 

Niba uri umusore, dore rero bimwe mu bimenyetso bizaguhamiriza ko agufiteho gahunda utazagwa mu ruzi urwita ikiziba. 

Umugore ukunda ko muganira ibiganiro by’abakuze cyane. (iyo muri kuganira aba akugaragariza ko atariyo ngingo ashaka kugushaho, gusa byanze bikunze iyo ageze kuri iyo ngingo ntaba ashaka ko muyivaho). 

Umugore ukwitaho cyane atari Mama wawe cyangwa Nyoko wanyu. 

Umugore ukunda kukwiyegereza cyane mu bintu byose akora, kabone niyo yaba ari umugore wa Nyokorome cya wa Mukuru wawe. 

Umugore ukunda kuguha impano za hato na hato kandi ntacyo wamukoreye. 

Umugore ugushyigikira mu mafuti yawe, kandi nta nyungu abifitemo. 

Hari igihe uba uri inshuti n’abana mungana, ariko ukazasanga warabaye inshuti na Nyina kubarusha kandi aribo mwamenyanye mbere,  akenshi aho naho hava ibidateganyijwe. 

Umugore buri gihe ukuvugisha agusekera, akubwira mu ijwi rituje ryo kukureshya, kandi adasanzwe abikorera abandi. 

Iyo umugore acuruza akajya yemera ko urya ukananywa icyo ushaka mu iduka rye atakwishyuje, ujye umenya ko ntakindi kimugenza. 

Umugore uba seriye ku bandi bantu bose ariko wowe yakugeraho akamera nkaho abuze ubwenge. 

Umugore ukunda ko umuhobera kenshi kandi ntacyo mupfana, utari n’umugabo we. 

Kenshi aba bagore iyo muri mu bantu baba batakwereka ko bakwitayeho, ariko bagakora ibishoboka byose bakakuvugisha abandi batabizi. 

Umugore ukunda kuguha amafaranga wajya kuyamusubiza akakubwira ko nta kibazo cyayo afite. 

Hari n’ibindi bimenyetso byinshi bishobira kubikwereka, ibyo rero n’ubibona wa musore we uzahunge, kuko S!DA ntipimishwa ijijo. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *