Biravugwa ko Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arembejwe n’uburwayi bw’umutima

Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Antoine Felix Tshisekedi, ari i Buruseli mu Bubiligi, aho ari kwitabwaho n’abaganga kubera ibibazo by’uburwayi bumumereye nabi bivugwa ko ari umutima. 

Byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi Perezidansi, ku wa 31 Nyakanga 2024.  

Ni Tshisekedi wari utegerejwe i Kisangani mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abanye-Congo nk’uko ubutegetsi bwe bubyita. 

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu yavuze ko Tshisekedi yagiye mu Bubiligi gukurikiranwa n’abaganga ngo bamuvure uruti rw’umugongo.  

Yavuze ko umukuru w’igihugu cya RDC yarimo yitabwaho n’itsinda ry’abaganga be mu bitaro bya gisirikare bya Camp Tshatshi. Minisitiri w’Intebe, Judith Tuluka Suminwa, niwe wahawe ububasha bwo guhagararira Tshisekedi muri icyo gikorwa cyo kwibuka Genocost. 

Tshisekedi uvuga ko amaranye igihe ububabare bw’umubiri, muri Werurwe 2023 ni bwo yatangiye kugana ibitaro byo mu Bubiligi kugira ngo bimwiteho.  

Uyu Mukuru wa Congo yigeze kubwira abakozi ba Ambasade ya RDC mu Bubiligi ko yemeye kubagwa kuko yari afite ububabare bukabije.  

Yagize ati “Nagize inzobere zamvuye. Ubu nshobora kugendana ‘Minerve’ mu gihe runaka kugira ngo amagufwa n’uruti rw’umugongo bitavunika. Imana ishimwe, ndacyariho.” 

Muri Mata 2024 ni bwo Tshisekedi yaherukaga mu Bitaro byo mu Bubiligi, icyo gihe byemejwe na Perezidansi ya Congo, hari nyuma y’iminsi hibazwa irengero rye.  

Gusa hari amakuru avuga ko Perezida Tshisekedi arwaye indwara y’umutima na “Prostate” akaba amaze iminsi igera kuri irindwi yitabwaho n’abaganga i Buruseli mu Bubiligi. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *