Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi urigamba gusenya umunara uyobora indege uherereye ahitwa Gihungwe, mu ntara ya Bubanza, mu ijoro ryo kuri uyu wa 2 Nzeri 2023.
Mu ijoro ryakeye humvikanye amakuru y’igitero cy’abitwaje intwaro baturutse mu ishyamba rya Rukoko riherereye muri Bubanza, “bashaka kwinjira mu baturage” nk’uko umunyamakuru wiyita King Umurundi yabitangaje.
Uyu munyamakuru ukunze gutangaza amakuru agezweho mu Burundi, mu ijoro ryo kuri uyu wa 2 Nzeri yagize ati: “Abo bitwaje intwaro barasanye n’abashinzwe umutekano. Muri aka kanya imodoka ya Probox irimo irashya, iyindi ya Allion bayirashe cyane. Umuntu umwe ni we bigaragara ko bagiye barashe cyane, hafi y’aho imodoka iri guhira. Abitwaje intwaro basubiye mu Rukoko.”
RED Tabara kuri uyu wa 3 Nzeri yatangaje ko ari yo yagabye iki gitero, kandi ngo yasenye uyu munara.
Iti: “RED Tabara iratangaza ko ingabo zacu zagabye igitero kandi zisenya umunara uyobora indege hafi y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Melchior Ndadaye kiri i Bujumbura, uherereye muri Gihungwe, komine Gihanga, intara ya Bubanza mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu.”
Uyu mutwe uvuga ko uharanira ko mu butegetsi bw’u Burundi haba impinduka, uravuga ko abarwanyi bawo baba imbere mu gihugu kandi ngo babasha gutera aho bashaka no mu gihe babishakiye.
Ntacyo Leta y’u Burundi iratangaza kuri iki gitero. Gusa ifite ingabo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, aho zagiye kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo RED Tabara.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com