Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yijeje abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya RED Tabara na FNL irwanya Leta ko nibemera kuzirambika bagataha mu gihugu cyababyaye, bazakiranwa amaboko yombi.
Uyu Mukuru w’Igihugu cy’abaturanyi yabivugiye mu biro bye kuri uyu wa 10 Gicurasi 2022.
Yabivuze ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru cyarebanaga n’iterambere ryabo n’ibindi bibazo birebana n’ubuzima bw’igihugu.
Yagarutse ku nama yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, yabereye i Nairobi muri Kenya tariki ya 21 Mata, ifatirwamo ibyemezo bisaba imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuzirambika, yaba ikomoka imbere mu gihugu cyangwa mvamahanga.
Perezida Evariste Ndayishimiye yasabye ko abarwanyi ba RED Tabara na FNL bataha bakajya kubaka igihugu cyabo kuko bahawe ikaze, kandi ko yiteguye kubatega amatwi, bakaganira.
Yaboneyeho guhishura ko abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza bamusabye imbabazi, kandi ngo nk’Umubyeyi w’Igihugu ari kuvugana nabo.
Ati: “Ndetse n’abagerageje guhirika ubutegetsi bohereje intumwa isaba imbabazi. Biyemereye ko bakoze nabi. Ndimo kuvugana na bo nk’umubyeyi w’igihugu”.
RED Tabara iherutse gutangaza ko izarambika intwaro mu gihe Perezida Ndayishimiye azaba yemeye ko habaho amatora aciye mu mucyo kandi yubahirije ihame rya demukarasi, gusa we ntacyo avuga kuri iki cyifuzo.
Kuri aba bagerageje guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza wahoze ayobora u Burundi, Leta y’u Burundi imaze igihe isaba u Rwanda rucumbikiye bamwe muri bo kubayohereza, bagakurikiranwa n’ubutabera.
Magingo aya, ibihugu byombi byemeza ko hari icyizere cy’uko umubano wabyo uzongera kuba mwiza cyiyongera, bisobanura ko bikiganira kuri iyi ngingo.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%