Abahinzi bahinga umuceri mu gishanga cya Mwogo mu Karere ka Huye, bavuga ko babuze isoko ry’umusaruro wabo none ukaba ukomeje kwangirikira mu buhunikiro.
Bamwe muri aba baturage bo Murenge wa Rwaniro bahinga umuceri mu gishanga cya Mwogo, bavuga ko ubusanzwe iyo bamaraga kuwugeza kuri koperative, abashoramari bahitaga bawupakira imodoka, bakabishyura nabo bakikenura.
Gusa ubu siko byagenze kuko umuceri wabuze isoko ukaba waranatangiye kwangirikira mu bubiko bwawo.
Umwe mu bagizweho ingaruka n’iki kibazo, avuga ko wabushyiriye umushoramari ariko agatinda kuwujyana. Ati: ” Twakomeje tuwushyira kuri koperative nuko umushoramari atinda kuwujyana.”
Undi ati:”Imiceri yaheze mu mbuga cyangwa se muri stock. Naho iri urabona ko iri kugenda ihapfira kandi nicyo kibazo gikomeye.”
Bavuga ko ibyo byabateye ubukene nuko ibibazo bimwe bikenuzaga ayo mafaranga bikababana urusobe.
Ange Sebutege; umuyobozi w’Akarere ka Huye, avuga ko nk’abayobozi bazi iby’ikibazo cy’umusaruro w’umuceri wabuze isoko.
Avuga ko cyatewe n’abashoramari banze kugura uwo muceri ku bwo kutishimira igiciro cyashyizweho na leta.
Ati:” Hari igiciro fatizo cyemejwe ko bagomba kuguriraho umuceri ariko abanyenganda ntabwo bitabiriye kugura umuceri ngo kuko ibiciro biri hejuru.”
Yavuze ko ariko ibyo biciro byasobanuwe na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, ko hari ibiganiro n’abacuruzi n’inganda.
Ati’:” Twatangiye gutekereza uburyo dushobora gukorana n’abahinzi n’abanyenganda kuko n’ubundi umuceri urakenerwa n’ibijyanye no kugaburira abana ku ishuli mu gushaka igisubizo.”
BWIZA
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775