Byahinduye Isura: Abarage b’igihugu kivuga rikijyana muri ECOWAS bagiye mu mihanda bamagana igisubizo cya gisirikare muri Niger

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 12 Kanama, abantu babarirwa mu magana bitwaje amabendera ya Nigeria na Niger berekeje mu mihanda bigaragambya bamagana igitero cya gisirikare gishoboka cyo kwirukana ku butegetsi abahiritse Perezida Mohamed Bazoum. 

Imyigaragambyo yabereye muri Leta ya Kano ibaye nyuma y’iminsi mike abayobozi b’umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS), mu nama y’igitaraganya yabaye kuwa Kane mu murwa mukuru wa Nigeria, Abuja, basabye ko hakoreshwa ingufu mu gusubiza ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum wahiritswe n’abasirikare kuwa 26 Nyakanga. 

Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje abigaragambya baririmba bati: “Abanyanijeri ni abavandimwe bacu, Abanyanijeri kandi ni umuryango wacu.” 

Abigaragambyaga bakomeje bagira bati: “Ntabwo dushaka intambara, intambara yo kurwanya Niger ni akarengane.” 

Abigaragambyaga bashinje ECOWAS “gukoreshwa” n’inshuti z’iburengerazuba mu gutera Niger nk’uko tubikesha Anadolu Agency. 

Ibihugu byo mu karere biravugwa ko bitavuga rumwe ku gisubizo cya gisirikare cya ECOWAS ku ihirikwa ry’ubutegetsi muri Niger, aho abatagishyigikiye bavuga ko gishobora gukurura amakimbirane mu karere kose. 

Nigeria, Cote d’Ivoire, Senegal na Bénin, ni ibihugu byagaragaje ubushake bwo kohereza ingabo muri Niger, mu gihe umuryango ugizwe n’ibihugu 15. 

U Bufaransa na Amerika byatangaje ko bishyigikiye imbaraga z’umuryango wa ECOWAS mu rwego rwo gukumira ihirikwa ry’ubutegetsi nyuma y’inama yo ku wa Kane. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *