Ku bagore cyangwa abakobwa bakunda gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, akenshi usanga biyambaza ibinini byica intanga (Contraceptive pills) kugira ngo batabasha gutwara inda.
Ibi binini binazwi nka ’Morning after Pills’, bigizwe n’amoko atandukanye; bikaba bikoreshwa byibura bitarenze amasaha 72 umuntu akoze imibonano mpuzabitsina.
Abakora mu bijyanye n’imiti basobanura ko bishobora guhindura ukwezi k’umukobwa, itariki yo kujya mu mihango ikigira imbere cyangwa inyuma.
Ku bari munsi y’imyaka y’ubukure, ni ibinini bishobora kwangiza imisemburo yabo.
Bene ibi binini usanga bihuriye ku bushobozi bwo gutuma intanga guhura, ku buryo bibuza intanga kwinjira aho izakurira muri nyababyeyi.
Mu buryo busanzwe mu gihe cy’iminsi itatu, intanga iba yamaze kwinjira muri nyababyeyi. Icyo gihe rero ibi binini ntacyo byafasha ubinyoye.
Bimwe muri ibi binini biboneka muri za farumasi zitandukanye harimo ibyitwa Levonelle cyangwa Ellaone ab’igitsina gore bakunze kwifashisha nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
Imbuga nka Healthline.com na hra-pharma.com zihuriza ku kuba n’ubwo bizwi ko biriya binini birinda gusama, hari ibibazo rusange uwabikoresheje ashobora guhura na byo nko gucika intege, kugira iseseme ishobora gutera kuruka, isereri, kuribwa mu nda n’ibindi.
Hejuru y’ibi ariko inzobere zivuga ko ibi binini iyo bikoreshejwe inshuro nyinshi, ubikoresha ashobora kwisanga afite ikibazo muri nyababyeyi ku buryo kubyara kuri bishobora kuba inzozi bijyanye no kuba igihe cyose atwaye inda igenda ivamo.
Nka ellaOne kandi bivugwa ko itizewe 100%, kuko nk’iyo ubifashe mbere y’amasaha macye ukoze imibonano mpuzabitsina amahirwe yo gusama n’ubundi agera kuri 86%.
Ni ngombwa kumenya kandi ko ibi binini bihindura igihe umukobwa yagiraga mu mihango, ku buryo ishobora kuza mbere cyangwa igatinda ugereranije n’igihe umukobwa yari asanzwe ayigiramo; ikindi umukobwa wari usanzwe afite ukwezi kudahindagurika bikaba bishobora gutuma kujya guhindagurika.
Izindi ngaruka nk’uko ziriya mbuga zibivuga harimo kuva cyane mu gihe umugore cyangwa umukobwa ari mu mihango, ndetse igihe yayimaragano kikaba gishobora kwiyongera.
Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend reuest) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere.
Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku kugirango konti yawe yemerwe.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina
Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.
Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.
Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.
Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma. Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.
KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.
Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe. Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo. Ikindi nakubwira kuri iyi product ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.
Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw. Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788
Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com