Dore impamvu zikomeye kandi zifatika zituma ukwiriye kujya uryamana cyane n’abakozi mukorana.

Kuba inshuti zisanzwe n’abantu mukorana burya ni byiza cyane, ariko na none biza kuba byiza kurushaho iyo mubaye inshuti zikomeye kugeza naho muryamana.

Ushobora kwibaza ko ibi ari ubusazi, ariko siko bimeze kuko ibi bizatuma yaba akazi kawe kagenda neza ndetse n’ikigo mukorera gitere imbere kurushaho.

Ndabizi kugeza nubu hari benshi batari kwiyumvisha ukuntu kuryamana hagati y’abantu bakora akazi kamwe, ari byiza ariko nibyo tugiye kugusobanurira muriyi nkuru.

Ndetse komeza usome urebe impamvu zose zigomba gutuma utangira kuryamana na bagenzi bawe mukorana ndetse ibi byaba byiza abakozi benshi mu kigo kimwe bagiye baryamana hagati yabo.

Bituma habaho ubumwe mubakozi: Ibi ni ukubera ko umuntu muryamana burya akenshi n’ubundi muba mwamaze kuba umwe, ibi rero bituma no mukazi mukomeza guhuza.

Abakoresha benshi ndetse ibi ni nabyo baba bifuza kuko iyo mwunze ubumwe mukora akazi neza nta bindi byo hanze mutekereza.

Akazi karakuryohera: Igihe cyose umuntu muryamana akorera ahantu hamwe nawe, burigihe uba wumva ukumbuye kukazi.

Iyo uri mu rugo uba wumva ubihiwe kuko uba waramenyereye kwiriranwa n’umukunzi wawe.

Akazi karakuryohera cyane iyo uzi neza ko nyuma y’akazi uri bwihembe imibonano mpuzabitsina ndetse nibindi bijyana n’urukundo.

Mu gihe uryamanye n’umukoresha wawe biba byiza kurushaho: Ntawe turi gukangurira gukorana imibonano n’abakozi be cyangwa n’abakoresha ariko ukwiye kumenya ko kuryamana na boss wawe hari igihe ubyungukiramo cyane kurusha uko ari agasuzuguro nk’uko bamwe babikeka.

Ibi bishobora gutuma uzamurirwa umushahara cyangwa se ukazamurwa mu nzego ku kazi kandi wanabonye ibyishimo by’umubiri.

Biguha umwanya w’imitekerereze mishya: Burya nta muntu muhuriza ku bitekerezo byubaka, nk’umuntu mumaze kuryamana.

Igihe cyose rero uhuza n’umwe mubo mukorana ni naho uzasanga umunsi ku wundi uhorana udushya ku kazi kuko uba ufite umwunganizi muri byose kuri ako kazi.

Byoroshya ubuzima: Ibi ni ukubera ko ntagihe cyo guta umwanya ugira, abantu benshi usanga babura umwanya wo kuvugisha abakunzi babo, biturutse ku kuba badakora hamwe cyangwa se ugasanga kenshi bakora no mu bice bitandukanye by’igihugu.

Ariko na none iyo mukora hamwe murahorana ndetse mwese biborohera gupanga umwanya mwiza wo guhura mukaruhuka mumutwe kandi n’akazi kagakomeza.

Ese wowe wizera ko kuryamana n’abo mukorana byateza akazi kawe imbere, cyane? Cyangwa ahubwo ubona byakica?.

Tubwire uko ubibona ahagenewe gutanga ibitekerezo.

Murakaza neza kuri Amazuku Community. kuri uru rubuga nkoranyambaga, Mushobora kuganira n’inshuti (Chat), Gusaba ubushuti (Friend reuest) mukanazisangiza amafoto na videos ari nako mukorera amafaranga… Mu nkuru zacu zikurikiraho tuzabagezaho ibisabwa byose kugirango umuntu abashe guhembwa akayabo kamafaranga kuri Amazuku. Icyo musabwa ni ukubanza mukiyandikisha mu bambere.

Iyandikishe unyuze hano kandi ntiwibagirwe gusura E-mail yawe kugirango ubashe gukora verification ukanze kuri link wohererezwa na Amazuku kugirango konti yawe yemerwe.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Ushobora no kuganira natwe unyuze hano (Ubanza kwiyandikisha kuri uru rubuga nkoranyambaga amazuku.com, aho ushobora no kuganiriraho n’inshuti zawe)

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina  

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma. Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe. Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo. Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw. Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *