Elon Musk yatangaje ko agiye gukora izindi mpinduka zidasanzwe kuri X zizagira ingaruka zikomeye cyane kuri uru rubuga rwahoze ari Twitter

Umunyemari Elon Musk waguze urubuga Twitter ndetse agahita ayihindurira izina ikitwa X, yatangaje ko mu minsi mike hazakorwa amavugurura azatuma abakoresha uru rubuga nkoranyambaga bahagamagarana mu buryo bw’amajwi ndetse n’amashusho (video call). 

Elon Musk yatangaje izi mpinduka ku wa Kane tariki 31 Kanama mu 2023, mu butumwa yashyize kuri X. 

Yavuze ko izi mpinduka zizagerwaho n’abakoresha urubuga rwa X muri telefone za Apple, izikoresha Android na mudasobwa kandi abantu bakabasha guhamagarana bitabaye ngombwa ko umwe aba azi nimero za telefone za mugenzi we. Gusa ntiyigeze avuga igihe izi mpinduka zizashyirirwa mu bikorwa. 

Elon Musk yatangaje aya makuru mu gihe hashize iminsi mike X ikoze impinduka mu makuru asabwa ugiye gukoresha uru rubuga nkoranyambaga, hakongerwamo ajyanye n’aho umuntu yagiye, ibikumwe (fingerprint) n’isura (face Id). 

Mu gihe X yakorwaho izi mpinduka yaba yiyongeye mu zindi mbunga nkoranyambaga nka Facebook, Instagram na WhatsApp zisanganywe iri koranabuhanga. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *