Umuvugabutumwa Eliane Niyonagira wo mu itorero Zion Temple avuga ko yakwifuza ko mu gihe byazaba ngombwa, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yazasimburwa n’umwe mu bahungu be.
Yabivugiye mu kiganiro cyatambutse ku rubuga rwa Twitter mu buryo bwa ‘space’, aho yibandaga ku barwanya Leta y’u Rwanda, bamwe bagaragaza ko bifuza ko ubutegetsi buhinduka.
Ev. Eliane yagize ati: “Hari space bakoze bibaza ngo His Excellency avuyeho, ngo ni nde waba Perezida? Njye nahise mbwira umugabo wanjye nti ‘Ahubwo njyewe nakwifuza ko yaba nka Ivan Kagame cyangwa se Cyomoro, ko yaba umwe mu bana be.”
Uyu muvugabutumwa yabajije ati: “Kubera iki? Kuki Igikomangoma cyaje mu Rwanda ejo bundi, ni uw’u Bwongereza”.
“Kuki iwabo hayobora umuryango umweee, kandi hakaba hari amahoro. Why twebwe tutareba ngo aba bantu bafite potential yo kutuyobora kandi bakatuyobora neza, bakaduteza imbere, bagatuma hari ibintu byinshi tugeraho?”
“Kuki tutareka iyi ngoma ikaba ari yo igumaho, igihe cyose iduhaye umusaruro muzima?”
Ev. Eliane yongeye arabaza ati: “Kuki dusakuza tuvuga ngo ni abanyagitugu, aba nibaveho, ni ukubera yuko ntabwo dukunze igihugu cyacu, ahubwo dukunze twebwe kwisahurira tujyana iwacu, turikunze gusa.”
Uyu muvugabutumwa abona abasaba ko Perezida Kagame ava ku butegetsi, baba bashaka amaronko kuko ngo batamusimbura.
Ati: “Usakuza ngo His Excellency naveho, ntabwo ari uko ari we uzamusimbura”.
“Ni ukugira ngo amahanga yumve ko yabaye umwopoza, na we yabaye umupolitisiye, yazanye irye shyaka, batangire bamuhereze indonke”.
Ev. Eliane Niyonagira agaragaje iki cyifuzo nyuma y’ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’umunyamakuru wa France 24, aho yamubajije niba azitabira amatora ateganyijwe mu 2024, akamusubiza ko bizashingira ku mahitamo y’Abanyarwanda kuko ari bo batora.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.
REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.
Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.
Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA:
Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,
Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.
Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw
Call & WhatsApp Number:
+250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com