Abasirikare bayobowe na Gen. Brice Oligui Nguema bahiritse ubutegetsi muri Gabon, batangaje ko imipaka bari barafunze mu gihe bari bamaze guhirika Ali Bongo Ondimba igomba kongera gufungurwa.
Umuvugizi w’Igisirikare cyafashe ubutegetsi yatangarije kuri Televiziyo y’Igihugu ko bemeje gufungura imipaka yo ku butaka, mu mazi ndetse n’iyo mu kirere, yemeza ko bigomba guhita bikorwa ako kanya.
Ku wa 30 Kanama 2023 ubwo abasirikare 12 barindaga Ali Bongo bari bamaze kumuhirika, babinyujije turi Televiziyo ya Gabon 24 bahise batangaza ko imipaka y’igihugu yose yafunzwe kugeza igihe ibintu bizasubirira mu buryo.
Ali Bongo w’imyaka 64 yahiritswe ku butegetsi nyuma y’amasaha make Komisiyo y’Amatora muri Gabon itangaje ko yegukanye amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 64.27%, ibyagombaga kumuhesha amahirwe yo kongera kuyobora Gabon muri manda ya gatatu.
Ni amatora Ali Bongo byatangajwe ko yari yatsinzemo Albert Ondo Ossa bari bahatanye, aho we yari yagize amajwi 30.77%.
Icyo gihe abo basirikare bahiritse ubutegetsi batangaje ko batesheje agaciro ibyavuye muri ayo matora, ibyashyize iherezo ku myaka 55 umuryango w’Aba-Bongo wari umaze uyobora iki gihugu gituwe n’abaturage basaga miliyoni ebyiri.
Nubwo imipaka yafunguye iri tsinda rya gisirikare ryatangaje ko ibyo gutegura amatora byo bitazihutishwa vuba mu rwego rwo kwirinda ko amakosa yakozwe n’ubutegetsi bwabanje yakongera kwisubiramo.
Biteganyijwe ko ku wa 04 Nzeri 2023, General Brice Oligui Nguema azarahirira kuyobora igihugu muri manda y’inzibacyuho mu gihe amatora ataraba, nk’uko AFP yabitangaje.
Ni mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi bayobowe na Ondo Ossa bavuga ko amajwi yo mu matora aheruka yasubirwamo kuko byagaragaza ko ari we wayatsinze.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com