Mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, haravugwa inkuru y’umugabo wakebye umugore we ku nda yirengagije ko atwite.
Inkuru ya IGIHE ivuga ko Ibi byabereye mu Gasantere ka Kabarore ku wa Kabiri tariki ya 29 Kanama 2023.
Uyu mugore wakebwe ku nda yabwiye BTN ko umugabo we yari amaze iminsi yaramutaye ndetse yamukebye kubera ko yanze ko atwara matela yari mu nzu atuyemo we n’umukobwa we w’imfura utari uw’uwo mugabo.
Avuga ko nyuma yo kubwira uwo mugabo ko nta gikoresho na kimwe ari busohore mu nzu yahise arya karungu afata urwembe atangira kurumukebesha.
Akomeza avuga ko nyuma yo kumukeba yahise afata urwo rwembe arukebesha n’umukobwa we w’imfura w’imyaka 13 wari ugiye kubakiza.
Yagize ati “Yaje nyine kuko muri iyi minsi yari yaratwaye imyenda ye kuko nari mfite matela ebyiri ashaka gutwara imwe ndayimwima.”
Uyu mugore yakomeje avuga ko uwo mugabo yahise afata urwembe amukeba ku nda mu buryo bukomeye kandi atwite inda y’imvutsi arangije ahita ajya no gukeba umukobwa we.
Abaturage bo muri aka gace bagaye ibyo uyu mugabo yakoze basaba inzego zibishinzwe kumuha igihano kimukwiriye.
Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kabarore, Rugaravu Jean Claude, yavuze ko bakimenya iki kibazo bahise batabara.
Yongeyeho ko uyu mugabo yamaze gutabwa muri yombi ndetse n’uyu mugore n’umwana we bahise boherezwa ku Kigo Nderabuzima kugira ngo bitabweho.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com