Hakozwe urutonde rw’abagore 10 bafite amaguru meza ndetse anakurura abagabo cyane, aho mu bashyizwe kuri uru rutonde, Umuherwekazi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady, ayoboye yahise abayobora ku mwanya wa mbere.
Ni urutonde rugaragaraho abagore 10 bakomoka muri Uganda bafite amaguru meza.
Ikinyamakuru MBU cyo mu gihugu cya Uganda nicyo cyakoze uru rutonde, aho cyagaragaje aba bagore guhera ku mwanya wa mbere kugeza ku wa 10.
Ku mwanya wa mbere iki kinyamakuru cyashyizeho Zari Hassan wakirikiwe n’abandi barimo Spice Diana, Miss Deedan, Prima Kardashi, Sheebah Karungi, Pia Pounds, Anitah Fabiola, Tashi Hubby, Dianah Nabatanzi ndetse na Florence Nampijja.
Mu minsi ishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye inkuru zivuga ko The Ben yahoze akindana Zari Hassan wabyaranye na Diamond Platnumz, aho benshi bahise bibaza niba barakundanye agirango amukuremo amafaranga.
Nyuma y’amagambo menshi yagiye avugwa kuri The Ben ndetse na Zari Hassan, na nyuma yuko uyu mugore ataramiye i Kigali mu Rwanda, kuri ubu hari andi avuga ko The Ben yaba yarigize akundanaho na Zari Hassan.
Aya ni amwe mu makuru yakomeje gukwirakwizwa na bamwe mu nshuti ndetse n’abakurikiranira byahafi Show Biz.
Amakuru avuga ko The Ben na Zari bigize guhararana igihe kitari kinini gusa nanone kitari munsi y’amezi abiri, bakajya birirwa basohokana mu Burayi, n’ahandi henshi.
Gusa bamwe mu babivuga bavuga ko umuhanzi The Ben atakundanye na Zari Hassan gusa kuko hari n’abandi baherwekazi yakundanye nabo mu rwego rwo kwishakira ifaranga.
Uyu mugore ubwo aheruka mu Rwanda yabajijwe indirimbo akunda mu Rwanda avuga ko ari “NI FOREVER” ya The Ben, ibi byatumye bamwe batangira byabindi bati “aho yanyuze ntihanyura urwango”.
𝗔𝗸𝗶𝗿𝗮 𝗪𝗲𝗯𝘀𝗶𝘁𝗲 yawe uyu munsi guhera ku mafaranga 100,000 Rwf (𝗪𝗲𝗯 𝗱𝗲𝘀𝗶𝗴𝗻),Turakubakira website iri mubwoko bukurikira:
• 𝗜𝐲𝐮 𝐫𝐮𝐬𝐞𝐧𝐠𝐞𝐫𝐨 𝐧𝐝𝐞𝐭𝐬𝐞 𝐧𝐚 𝐍𝐆𝐎
• 𝐔𝐛𝐮𝐜𝐮𝐫𝐮𝐳𝐢 (𝐊𝐰𝐚𝐦𝐚𝐦𝐚𝐫𝐢𝐳𝐚𝐡𝐨 𝐢𝐛𝐲𝐨 𝐮𝐤𝐨𝐫𝐚)
• 𝐈𝐤𝐢𝐧𝐲𝐚𝐦𝐚𝐤𝐮𝐫𝐮 𝐧𝐤𝐮𝐠𝐢𝐫𝐞 𝐧’𝐢𝐧𝐚𝐦𝐚 𝐲’𝐮𝐛𝐮𝐫𝐲𝐨 𝐨𝐧𝐥𝐢𝐧𝐞
𝐁𝐥𝐨𝐠𝐬 𝐳𝐮𝐧𝐠𝐮𝐤𝐚𝐦𝐨.
Note: Harimo na 𝗱𝗼𝗺𝗮𝗶𝗻 𝗻𝗮𝗺𝗲 muri ariya mafaranga. Kora share wowe ubishaka nuzana umukiriya turaguha commission. hamagara kuri +254700212775
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.









IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775