
Perezida wahiritswe ku butegetsi muri Niger, Mohamed Bazoum kuri uyu wa Gatandatu yemerewe guhura n’abaganga basanga amerewe neza nubwo afungiye mu biro yahoze akoreramo ahantu adafite umuriro w’amashanyarazi akaba atemerewe no gusurwa.
Bazoum wahiritswe ku butegetsi n’igisirikare tariki 26 Nyakanga, afungiwe hamwe n’umugore we ndetse n’umwana we.
Hamidou Amadou N’Gade wahoze ari umujyanama we kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ko Bazoum yahuye n’abaganga icyakora ngo ntiyemerewe guhura n’abo mu muryango we.
Yavuze ko kugeza ubu Bazoum adashobora kugira uwo wavugana na we bitemejwe n’igisirikare dore ko telefone yakoreshaga zashizemo umuriro nyuma y’aho ahagarikiwe umuriro w’amashanyarazi mu cyumweru gishize.
Amadou yatabarije Bazoum ko hagira igikorwa agakomorerwa ku muriro w’amashanyarazi by’umwihariko muri iki gihe cy’ubushyuhe, aho imibu iba yiyongereye muri Niger.
Bamwe mu bavandimwe ba Bazoum batangaje ko abaganga bamusuye kuri uyu wa Gatandatu bamushyiriye ibyo kurya n’imiti, nyuma y’igitutu cy’amahanga.
Ni ubwa kabiri Bazoum yari yemerewe gusurwa nyuma ya tariki 31 Nyakanga ubwo yasurwaga na Perezida wa Tchad Mahamat Idriss Deby
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com