Umwana witwa Rudakubana Muganwa Axel w’imyaka 17 y’amavuko, ni we ukekwaho gutera icyuma abantu 10, hagapfa abana batatu ubwo bari mu ishuri ryo kubyina mu gace ka Southport mu mujyi wa Merseyside mu Bwongereza nk’uko byatangajwe n’umucamanza nyuma y’uko byari byaragizwe ibanga.
Ibinyamakuru byinshi byo muri kiriya gihugu byanditse kuri iyi nkuru, aho nka The Guardians yatangaje ko iki gitero cyabaye ku wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024, ubwo Rudakubana yakomeretsega abana umunani ndetse n’abantu bakuru babiri.
Iki gitero cyahise kigwamo abana batatu aribo Alice Dasilva Aguiar w’imyaka icyenda y’amavuko, Bebe King w’imyaka itandatu y’amavuko na Elsie Dot Stancombe w’imyaka irindwi y’amavuko.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 01 Kanama 2024, ni bwo uyu mwana uzuzuza imyaka 18 ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha, yitabye urukiko rw’i Liverpool.
Amakuru avuga ko ubwo yazanwaga ku Rukiko yaje mu modoka yijimye yo mu bwoko bw’i Van arinzwe n’abapolisi benshi.
Icyakora amazina ye yari yabanje kugirwa ibanga kuko ataruzuza imyaka y’ubukure, ariko umucamanza Andrew Menary avuga ko kugira ngo bace ibihuha muri rubanda akwiriye gutangazwa amazina ye.Nyuma y’uko habeye icyo gitero cyahitanye abantu batatu, hahise haba imyigaragambyo ikomeye imbere y’Umusigiti uherereye i Liverpool, aho abaturage bari baketse ko uwo ukekwaho guhitana abana yaba hari aho ahuriye n’abakora iterabwoba.
Uyu mwana yavukiye i Cardiff mu Bwongereza. Azongera kujya mu Rukiko rw’i Liverpool tariki 25 Ukwakira 2024, asomerwa ibyaha arengwa ari nabwo urubanza mu mizi ruzatangira.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775