Hamenyekanye ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’Umwami Charles III mu kiganiro bagiranye kuri telefoni

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’Umwami w’u Bwongereza, Charles III, amwihanganisha ku bw’urupfu rw’umubyeyi we, Umwamikazi Elizabeth II.

Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanditse kuri Twitter, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gukorana n’Umwami Charles III muri gahunda zigamije iterambere ry’abaturage bo mu bihugu bigize Commonwealth.

Muri Kamena uyu mwaka, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Charles III, icyo gihe wari Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza, n’umugore we, Camilla Parker Bowles, bitabiriye inama ya CHOGM i Kigali.

Charles III yitabiriye inama zirimo iz’abayobozi bo ku rwego rwo hejuru yiga ku mihindagurikire y’ibihe, ubuzima n’iterambere ry’urwego rw’abikorera yahuje abashoramari batandukanye bo muri Commonwealth ndetse n’iyize kuri Malaria n’izindi ndwara z’ibyorezo zititabwaho.

Inkuru y’akababaro yo gutanga kwa Elizabeth II yamenyekanye mu mugoroba wo kuwa Kane tariki 8 Nzeri 2022. Yaguye mu rugo rwe ruri muri Ecosse azize izabukuru, cyane ko yari afite imyaka 96.

Umwamikazi Elizabeth II yatanze n’ubundi mu gihe byari bimaze iminsi bitangazwa ko ubuzima bwe budahagaze neza, nko muri Nyakanga 2022 yajyanywe mu bitaro ariko nyuma aza gutaha.

Umwamikazi Elizabeth II azatabarizwa ku wa mbere mu muhango witezwe kuba umwe mu yihuje abami n’abanyapolitiki ubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo ishize.

Abayobozi bazawitabira basabwe kuzahagera mu ndege z’ubucuruzi, banabwirwa ko bazatwarwa mu modoka za bisi bari mu kivunge cy’abandi bantu, bakuwe mu gace ko mu burengerazuba bw’umurwa mukuru Londres.

Uyu muhango uzabera mu rusengero rwa Westminster Abbey, rufite ubushobozi bwo kwakira abantu barenga 2,200.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

KUPANUA umuti wizewe mukongera ingano y’igitsina   

Niba uziko ufite ikibazo cy’ubugabo bwabaye bugufi bishobora guterwa n’indwara cg gusiramurwa nabi cg ugasanga ariko wisanze .duhamagare turagufasha kuko Ibyo ntibikiri ikibazo.

Buriya ni ko kuri reka mbivuge, Hari abagore n’abakobwa bakunda cyangwa se baryoherwa n’imibonano mpuzabitsina mu gihe bayikoranye n’umusore cyangwa umugabo ufite igitsina kinini.

Urugero: Umugore/Umukobwa bafite mu matako hanini ntabwo yanyurwa n’imibonano igihe ayikoranye na we umusore/umugabo ufite igitsina kigufi.

Amahirwe dufite na bwo atarambye ni uko umukobwa/umugore atapfa kukubwira ko atanyurwa bitewe n’ingano y’igitsina cyawe, ariko n’ubundi amaherezo birangira aguciye inyuma.

Icyo ntabwo kikiri ikibazo kuko igisubizo kiri mu maboko yawe.

KUPANUA ni product twakuzaniye iturutse mu Bu shinwa. Ikaba ikemura icyo kibazo cyo kugira ubugabo bugufi cyangwa bunanutse.

Va kuri bya bindi ku ko iyi yo izaguha umunezero hagati yawe n’umukunzi cg na madamu wawe.

Hagarara ku izina ryawe ube umugabo uhamye Kandi ufite ijambo.

Ikindi nakubwira kuri iyi product   ya Kupanua iri oil ni uko icyo kibazo igikemura kabone n’ubwo waba waravutse ariko umeze, warasiramuwe nabi se cyangwa byarizanye mu bundi buryo.

Iyi product wayibona ku giciro cya 30000 Frw

Twandikire/Duhamagare kuri +250788920788

Niba kandi ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso.

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru.

Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi.

Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10

UKO IFATWA:

Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe,

Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye.

Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw

Call & WhatsApp Number:

+250788920788

 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *