Hamenyekanye icyihishe inyuma y’umubano udasanzwe uri hagati ya Juno Kizigenza n’umuhanzikazi Mpundu France

Umuhanzi Juno Kizigenza abinyujije muri Sosiyete ‘Huha Records’ afatanyije n’umujyanama we batangiye gufasha umuhanzikazi Mpundu France. 

Juno Kizigenza amaze imyaka ibiri atangiye kwikorana umuziki, ni urugendo yatangiye ubwo yari agitandukana na Bruce Melodie warebereraga inyungu ze. 

Mu gushyigikira abahanzi bakizamuka, Juno Kizigenza abinyujije muri ‘Huha Records’ agiye gukorana na Mpundu France mu myaka itanu iri imbere. Ni we muhanzi wa mbere winjiye mu mikoranire n’iyi nzu ifasha abahanzi. 

Nando Bernard, Umujyanama wa Juno Kizigenza, banafatanyije iyi sosiyete yabwiye IGIHE ko bemeranyije gufasha uyu muhanzikazi mu bikenerwa kugira ngo azamure umuziki we mu gihe cyose bazamarana. 

Yagize ati “Ntekereza ko hari byinshi tumaze gusobanukirwa mu muziki, ni ibintu tuzafatanya. Mpundu France tuzamufasha ibishoboka gusa na we uruhare rwe ruzaba ari rwinshi. Ntabwo ari ukumufasha ahubwo ni ugufatanya.” 

Aya masezerano yatangiye kubyara amatunda kuko indirimbo ya mbere Mpundu France yayikoze abifashijwemo na Huha Records. 

Gusenga Munyampundu Marie France, uri gukoresha Mpundu France nk’izina ryo ku rubyiniro, yavukiye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza. 

Yatangiye kuririmba akiri muto afite imyaka hagati y’itanu n’itandatu. Afashwa cyane n’ababyeyi be, ariko atangiye gukura ni bwo yagendaga yiyumvamo ko umuziki ari impano ikomeye afite kandi agomba kuwubyazamo umusaruro. 

Yakomeje kuririmba nyuma yaho agira amahirwe yo kwitabira amarushanwa yitwa ‘I am the future’ arayatsindira bimuhesha amahirwe yo kwinjira no gukomeza urugendo rwe rw’umuziki, akabya inzozi yahoranye kuva kera. 

Mu 2019 yegukanye miliyoni 15 Frw nyuma yo kuba uwa mbere mu Irushanwa ‘I am The Future’ ritegurwa na Future Music ya David. 

Uyu mukobwa w’imyaka 23, amashuri y’incuke n’abanza yayize ku Ishuri rya Saint Joseph. Ayisumbuye mu cyiciro rusange ayigira muri College du Christ-Roi i Nyanza kuva mu 2013 kugeza mu 2015. 

Yasoreje amashuri muri Ecole Notre Dame de la Providence i Huye aho yize kuva mu 2016 kugeza mu 2018. Yiga kaminuza muri African Leadership University (ALU). 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *