Ku wa Gatandatu, itariki ya 1 Kamena, MONUSCO yongereye ingufu i Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru kugira ngo ifashe ingabo z’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhangana na M23.
Ni nyuma yuko intare za Sarambwe zerekezaga muri kariya gace ko muri Teritwari ya Lubero.
Ingabo za MONUSCO zo muri Brigade y’ingabo zishinzwe gutabara byihuse zoherejwe rwego rwo kurinda abaturage no gushyigikira FARDC kurwanya iterambere ry’inyeshyamba muri iyi komini yashizemo abaturage bayo kuva ku wa Kane ushize, nyuma y’imirwano ikaze.
Amakuru aturuka mu gisirikare agera kuri Radio Okapi dukesha iyi nkuru avuga ko ku wa Gatandatu, itariki ya 1 Kamena mu gitondo, inama yo guhuza ibikorwa hagati y’izo ngabo zombi yabaye.
Nk’uko amakuru amwe abivuga, ku wa Gatandatu i Kanyabayonga ibintu byari bituje.
Abasirikare ba FARDC n’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye bari kuhakora amarondo bafatanyije nk’uko iyi nkuru isoza ivuga.
Izi ngabo ariko nyuma yuko zikomeje kuraswaho urufaya rw’amasasu na M23 ziri guhunga ku bwinshi nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba akomeza abivuga.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775