Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS), washyize hanze amafoto y’umurundo w’ibikoresho byinshi bya gisirikare byafatiwe mu gitero uheruka kwigamba ko wagabye ku kigo cya gisirikare muri Mozambique.
Uyu mutwe mu itangazo wasohoye ku wa Mbere tariki ya 09 Gicurasi, wigabye kugaba igitero mu kigo cya gisirikare cy’ahitwa Quiterajo ho mu karere ka Macomia kari mu tugize intara ya Cabo Delgado iherereye mu majyaruguru ya Mozambique.
Ni igitero uyu mutwe watangaje ko wiciyemo abasirikare batatu.
Amafoto ISIS yashyize hanze yerekana ibikoresho bitandukanye bya gisirikare birimo imbunda nyinshi, amasasu, za grenades, terefoni, Radiyo z’itumanaho, imyambaro ya gisirikare n’ibindi byinshi ivuga ko yafatiye muri kiriya gitero.
ISIS yavuze ko usibye kwica bariya basirikare, yanasize itwitse icyo kigo cya gisirikare.
Leta ya Mozambique nta cyo iratangaza kuri aya makuru.
Cyakora cyo kuva muri 2017 intara ya Cabo Delgado yugarijwe n’ibyihebe byo mu mutwe wa Al Shabaab ushamikiye kuri ISIS, gusa ingabo za Mozambique zifatanyije n’izirimo iz’u Rwanda kuva mu mwaka ushize zikomeje ibikorwa byo kubihiga, mu rwego rwo kugarura amahoro muri iriya ntara.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%