Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, Rayon Sports yakiriye Rutahizamu ukomeye ukomoka mu gihugu cya Cameroon, akaba ari umwe mu bakinnyi beza bitezweho gufasha byinshi ikipe ya Rayon Sports.
Uyu Rutahizamu witwa Aziz Bassane Koulagna, aje muri Rayon Sports nyuma yo kunyura mu makipe atandukanye harimo n’ikipe y’abatarengeje 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa.
Uyu Rutahizamu kuri ubu ufite imyaka 22, yaje muri Rayon Sports avuye mu ikipe ya Coton Sport FC de Garoua y’iwabo muri Cameroon, ndetse iyi kipe yakinywemo na Rutahizamu Nathanael Iga ukomoka muri Gabon nawe wari waje muri Rayon Sports ariko umutoza ntamushime bigatuma ataha.
Uyu mukinnyi ntabwo aje guhita asinyira Rayon Sports ahubwo aje gukora igeragezwa muri iyi kipe, naramuka atsinze igeragezwa azahita asinyira iyi kipe.
Uyu Rutahizamu ubwo yageraga mu Rwanda yatangaje ko yizeye kuhacana umucyo ndetse akazakirwa neza n’abafana ba Rayon Sports. Bigaragara ko yizeye cyane imikinire ye.
Yagize ati “Bazanyakirana yombi ! dore ko Rayon Sports ari ikipe ifite abafana benshi. Nizeye ko bazanyakira neza kandi nzabaha byinshi mubyo nzi ninjya mu kibuga.”
Uyu rutahizamu kandi aje nyuma yuko umutoza Robertinho antenze ba rutahizamu Ryon Sports isanzwe ifite, avuga ko badashobora kuyifasha kugera kure ndetse no gutsinda amakipe akomeye nka Apr Fc, bityo ko ikipe ikwiye kumushakira abandi bakinnyi.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775