Inkumi y’ikizungerezi igiye gukura Ruvuyanga Emmanuel mu rungano yamaze kuboneka! Mu mafoto ihere ijijo ubwiza n’imiterere bye

Nyuma yo kumara igihe atagaragara mu Rukundo, umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda Ruvuyanga Emmanuel ubu aravugwa mu rukundo n’inkumi y’ikizungerezi. 

Uyu mukobwa uvugwa mu munyenga w’urukundo na Ruvuyanga, ndetse bikaba bivugwa ko bagiye kuzarushinga yitwa Naomi Sandrine, ndetse akaba afite impanga ye basa foto copy, nayo yitwa Movila Sandra.   

Reba Amafoto. 

Mu yandi makuru y’imyidagaduro agezweho, Umuhanzikazi Spice Diana uri mu bagezweho muri Uganda  yikomye mugenzi we Sheebah Karungi, basanzwe bahanganye ahishura ko indirimbo ye nshya yise Twookya yarebaga Sheebah.  

Nyuma yuko hari hashize ukwezi hasohotse indirimbo Sipimika ya Sheebah Karungi umuhanzikazi Spice Diana yahise asohora Indirimbo Twookya, aho abakurikiranira hafi ibijyanye n’imyidagaduro ya Uganda bavuga ko ubutumwa bukubiyemo bwabwirwaga Spice Diana.  

Muri iyo ndirimbo yaciye ibintu muri Uganda, Umuhanzikazi Sheebah Karungi yumvikana abwira umuntu ko adakwiye kugerageza guhangana na we, kuko we atajya ageragezwa.  

Sheebah aba agira ati: “Singeragezwa, ntungerageze. Njye singira amatiku sindwana intambara z’amagambo abayinshoraho bahura n’akaga, hari abadakorwaho kubera ko ni twe tutavugwaho, kandi ntitujya dutsindwa twirwanaho […].  

Umuhanzikazi Spice Diana ubwo yabazwaga niba indirimbo ye yise Twookya isubiza Sipimika ya Sheebah Karungi, yasubije itangazamakuru ko aramutse yiyumvisemo yamwifuriza kuryoherwa n’ubutumwa bwayo, gusa ngo ntiyahangana n’abantu b’abanebwe.  

 Ati: “Namwifuriza kuryoherwa n’ubutumwa bwayo niba yumva ariwe bureba, irareba abiyita abaharanira uburenganzira bw’abagore (Fake Feminists) ndetse n’abantu babaho mu buzima bw’ikinyoma (Fake life), si nkeneye guhangana n’abantu b’abanebwe.”  

Si ubwa mbere uyu muhanzikazi Spice Diana yumvikana avuga amagambo asa nk’ayagasuzuguro, kuko ubwo yabazwaga niba agiye gutangira intambara y’amagambo na Sheebah, mu mwaka wa 2023, uyu muhanzikazi yavuze ko atajya mu ntambara n’abantu b’abanyantege nke kuko na bo ubwabo batazi icyerekezo cyabo.  

Mu butumwa bukubiye muri Twookya ya Spice Diana bugaruka ku bantu babeshya ubuzima babamo, bakabeshya ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga bakoresha ubuzima butandukanye n’ubwabo babamo bw’ukuri.  

Ibibazo biri hagati y’aba bahanzikazi bakunzwe mu gihugu cya Uganda ndetse no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, bigiye kumara imyaka ibiri kuko byatangiye mu mpera za 2022.  

Twookya ni indirimbo ya Spice Diana imaze umunsi umwe, mu gihe Sipimika ya Sheebah yo imaze ukwezi igiye ahagaragara. 

IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru 

Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe. 

Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.  

Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu  

Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.  

Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.  

Waca kuri iyi link unyuze hano  ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu  

Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40. 

Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa. 

Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification. 

Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.  

Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.  

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group. 

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *