Inyubako ya Simba Center ikomeje kuvugisha abanya- Kigali: Reba amafoto y’umunsi yaciye ibintu

Ku mbuga nkoranyambaga, amashusho n’amafoto y’abagenderera inyubako ya Simba Center akomeje guca ibintu bitewe n’umutako w’amazi aba azamuka imbere yayo akunze kurangaza abayigana. 

Uretse abagana iri hahiro, hari benshi bari Simba Center bagiye gufatira ifoto kuri iyi nyubako ifite agace kaba kazamukamo amazi ari mu mabara atandukanye, bikaryohera amaso y’abatari bake. 

Buri mugoroba usanga abantu batandukanye bavuye ku mirimo basohokanye n’imiryango yabo kuri Simba center, inyubako nshya iri i Gacuriro atari uguhaha gusa bibajyanye ahubwo bashaka no kuharuhukira ari nako bahafatira amafoto y’urwibutso. 

Iyi nyubako ubusanzwe irimo ihahiro rya Simba rihuriwemo n’abacuruzi batandukanye bityo bikaba byagorana ko ugira ibyo uhabura mu gihe waba ugiye kuhahira. 

Binavugwa ko hari gutegurwa gushyirwa ibikinisho bigezweho by’abana ku buryo hazaba ahantu hagutse ho kwidagadurira. 

IGIHE

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Ni amazi aba azamuka mu mabara atandukanye
Benshi bishimira gukinira muri aya mazi ariko bifata amashusho n’amafoto
Hashyizwe intebe zicaraho abashaka kugorobereza kuri Simba
Ku mugoroba kuri Simba haba hakoraniye abatari bake ba ba bagiye kuhagorobereza
Benshi baba bafite amatsiko y’aya mazi yo kuri Simba
Aya mazi yakuruye urujya n’uruza kuri Simba iherereye i Gacuriro
Bitewe n’uburyo atari ibintu bimenyerewe, usanga hakoraniye abantu benshi bagiye kuruhukira ku mbuga ya Simba
Simba Center iherereye i Gacuriro ikomeje kuvugisha abanyamujyi

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *