Iyo maze kabiri ntakora imibonano nambara akenda k’imbere kagahita gatoha, sinzi aho amazi ava. Nkore iki?

Muraho neza, nitwa Clarisse, nkaba ndi umugore ufite umugabo ariko ibimbaho sinzi niba nabyita uburwayi cyangwa se bikaba bifite ikindi kibihatse.

Ngira ubushake cyane bw’imibonano mpuzabitsina, ku buryo mba numva nayikora buri munsi ariko nyine hari igihe bidashoboka bitewe n’akazi tuba twagize n’umunaniro.

Iyo nayikoze nta kibazo mba mfite ariko iyo iminsi ibiri yihiritse, nambara ikariso nyuma y’amasaha atatu ikaba yatose, binsaba kugendana izindi ku buryo buri kanya mpinduranya.

Nko ku munsi iyo ntiriwe mu rugo nshobora guhinduranya gatatu, ngira ububobere bwinshi cyane ku buryo iyo ngize agatekerezo gato kareba ku mibonano cyangwa se abo twegeranye bakabikomozaho rwose ikariso nta gutinda ihita itoha ahubwo ndangaye byanahinguka inyuma ku myambaro.

Njyewe ndibaza bikanyobera, gusa abandi badamu babiri nabiganirije ahubwo barasetse bambwira ko ari byiza cyane, ariko njyewe nkumva bimbangamiye pe!!

Mboneza urubyaro, abandi bagore baba bataka kubura ububobere n’ubushake ariko njyewe rwose nta kibazo na gito, n’iby’amavangingo ni ibintu nagize kuva kera nkiri n’umukobwa.

Nkaba nibaza nti ’Ese ububobere mu gitsina bushobora kuza umuntu atari mu gikorwa cy’imibonano cyangwa se arimo kuyitekerezaho?

njyewe rwose nubwo naba ntarimo kubitekerezaho buba buhari, murakoze, ntegereje inama zanyu muri comments.

Src: Bwiza

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.

Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering

Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.

Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook 

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com

Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?

Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?

Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.

Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.

Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.

Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.

Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.

 Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.

Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…

Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.

Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644

Duhamagare kuri 0791448543

MoMo Pay: *182*8*1*096890#

Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd

Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano

Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Toa Jibu

Barua-pepe haitachapishwa. Fildi za lazima zimetiwa alama ya *