Kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Kanama 2023 ubwo hasozwaga umuganda rusange mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Muhima mu karere ka Nyarugenge, hakozwe umukwabo wo gufata inzererezi hafatirwamo abakobwa babyaye n’abatwite, byemezwa ko basubizwa mu bice bavukamo.
Muri uyu mukwabo hafashwe abakobwa batatu bafite impinja n’abandi batanu batwite.
Aba bakobwa bakunze kwirirwa mu gishanga giherereye mu murenge wa Muhima ariko bwakwira bakajya kurara ku mubaraza y’inyubako zitandukanye no muri gare ya Nyabugogo, bamaze gufatwa baganirijwe babwirwa ko bagiye gusubizwa iwabo.
Umwe muri abo bakobwa witwa Igihozo Ange wabyaye afite imyaka 21, aho amaze icyumweru kimwe abyaye, yavuze ko atazi umugabo wamuteye inda kandi nanafatwa akajyanwa iwabo azahita agaruka muri Kigali kubera ko atashobora ubuzima bw’iwabo.
Yavuze ko kugira ngo azagume mu karere ka Muhanga aho avuka, ari uko ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge bwamuha amafaranga y’igishoro akajya iwabo agacuruza, n’aho ubundi amafaranga y’itiki ntacyo yamara.
Ubuyobozi icyakora bwatangajwe n’uko aba bakobwa bose barahiye ko nibagezwa iwabo bazahita bagaruka.
Umwe witwa Niyishimwe Monique uvuka muri Kirehe ariko waterewe inda mu karere ka Nyagatare yavuze ko azagezwa iwabo agahita agaruka.
Yavuze ko ubwo yaterwaga inda yakoraga ibiraka I Nyagatare, agiye iwabo bamwirukaho bamubwira ko nta nda bamutumye, aba aribwo aza gutangira kuba mu mihanda ya Kigali.
Yakomeje avuga ko kujya iwabo nta mafaranga menshi ahawe ntacyo byamumarira.
Ati “ubwo se amafaranga y’itiki ni iki yamara? Keretse bampaye inzu yo kubamo n’ayo gukoresha ubucuruzi.”
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyarugenge, Emmy Ngabonziza, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko aba bakobwa benshi barara ku mabaraza y’inzu ndetse no muri gare ya Nyabugogo bakaba bagiye kubafasha gutaha iwabo, aboneraho no kubwira imiryango yabo kubakira no kutabaha akato kubera ko babyaye kuko aribyo bituma birirwa I Kigali kandi badafite aho kuba.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com