Imodoka yari itwaye abantu 12 yataye umuhanda ubwo yari igeze mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, batandatu mu bari bayirimo bahita bahasiga ubuzima, batanu barakomereka.
Iyi mpanuka yabereye mu muhanda ugana ahitwa Norvège ahagana saa Yine n’iminota itanu z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 2 Nzeri 2023.
Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe Umutekano wo mu Muhanda, SSP Irere René, yabwiye IGIHE ducyesha aya makuru ko iyi mpanuka yatewe n’uko umushoferi yataye umuhanda.
Yagize ati “Ni byo hapfuye abantu batandatu, hakomereka batanu mu buryo bukomeye cyane. Umwe ni we wavuyemo ari muzima.”
Yavuze ko iyi mpanuka yanatewe no kutaringaniza umuvuduko ku mushoferi wari utwaye imodoka.
Yakomeje ati “Hashobora kuba habayeho kutaringaniza umuvuduko kuko hariya impanuka yabereye haracuramye cyane uko kutaringaniza umuvuduko bishobora kuba byaturutse ku zindi mpamvu tutaramenya kuko hari ibibazo byinshi bishobora gutuma umushoferi ata umuhanda kariya kageni.”
Abantu bari mu modoka yakoze impanuka ni umuryango umwe wari ugiye gusura bene wabo batuye mu Karere ka Kamonyi.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com