Ni kenshi bikunze kubaho ugasanga abantu bazi ko bari mu rukundo nyamara wareba neza, umwe muri bo ugasanga asa nuri wenyine, ibi bikunze kubaho icyakora ntabwo abantu benshi bamenya ikibitera.
Abahanga mu by’urukundo batangaje ko ko hari ibimenyetso bishobora kugufasha kumenya niba umuntu muri mu rukundo muhuje icyerekezo cyangwa se niba upfundikiwe mu kinyoma.
Ibi ni bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko uwo muri mu rukundo mudahuje inzira ahubwo ari urw’ikinyoma
1.Uwo mukundana ntaterwa ishema nawe
Umukobwa /umuhungu utagukunda ntashobora gutinyuka kukuvuga mu ruhame, cyangwa ngo atinyuke kukwereka inshuti ze, yewe rimwe na rimwe ntaba ashaka kugendana nawe ku mugaragararo.
Akenshi iyo ameze gutya aba agira ngo abantu batazamenya ko muziranye cyangwa mukundana ndetse nagera igihe cyo gushaka uwa nyawe bakundana batazajya bamubaza uko byagenze kuri wowe, bityo agahitamo kujya aguhisha nyamara mwaba mwiherereye akakubwira ko ari wowe abona ku Isi gusa.
2.Ntaguha umwanya
Biba bigoye ko umuntu ugukunda akuburira umwanya uretse kuba wowe waba umukeneye, umuntu ugukunda nawe yifuza kukubona cyangwa se yishimira kumarana umwanya nawe, iyo bitabaye ibyo usanga harimo ikinyoma ku buryo uba ugomba kubimenya kare.
Uzasanga kenshi umukobwa cyangwa umuhungu mukundana ataguha umwanya nk’uko bikwiye, ahora akubwira ko ahuze ku buryo utabasha kumubona uko ubishaka ngo wishimane nawe cyangwa muganire byimbitse ku rukundo rwanyu. Ibi nabyo bishobora kugufasha kumenya ko umuntu muri kumwe atagukunda.
3.Ntiyifuza ko muvuga ku hazaza hanyu
Kuganira ku hazaza hanyu nta kintu biba bimaze ku muntu utagukunda cyane ko kuri we yaba arimo no guta umwanya nta kintu biba bimufasha, kuko ashobora kuba yarahapangiy ibindi cyangwa atajya yigora ngo yirirwe agutekereza mu buzima bwe bw’ahazaza.
Umuhungu cyangwa umukobwa ugukunda bya nyabyo iyo muri mu rukundo wumva akunze kugira inzozi z’ahazaza hanyu, uko muzabaho, abana muzabyara, uko inzu muzabamo yaba imeze.
Utagukunda iyo mushatse kujya muri ibyo biganiro biramubangamira ndetse akagerageza uko ashoboye kugira ngo ibiganiro bihinduke.
4.Kwivumbura cyangwa kwirakaza bihoraho
Iyo umukobwa cyangwa umuhungu atagukunda ikosa rito riba rinini ku buryo utabitekerezaga. Rero umuhungu cyangwa umukobwa utagukunda akwivumburaho buri kanya kandi ku bintu bidafatika ku buryo iyo urambirwa vuba uhita umureka.
5.Kukugereranya
Umukobwa cyangwa umuhungu utagukunda uzasanga kenshi akugereranya n’uwo bahoze bakundana cyangwa na none ugasanga akugereranya n’abandi bahungu/bakobwa kandi ukumva abavuga neza kukurusha. Ni wumva uwo mukundana akunze kukugereranya n’abandi ni kimwe mu bimenyetso aba aguha bishobora kugufasha guhumuka ukabona ko umuntu muri kumwe atagukunda.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano udukurikirane kuri WhatsApp group.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775