Igisirikare cya Ukraine cyohereje umusaza w’imyaka 71 mu myitozo ya gisirikare ijyanye n;ikoreshwa ry’intwaro z’abanyaburayi baherutse guhabwa.
Financial Times yatangaje ko uwo musaza yoherejwe mu Budage, aho izindi ngabo z’icyo gihugu zigiye gutorezwa.
Bivugwa ko uwo musaza ari umukorerabushake ushaka gufasha igihugu cye guhangana n’igisirikare cy’u Burusiya bamaze umwaka n’igice bahanganye.
Abasirikare b’abadage bashinzwe gutoza ingabo za Ukraine, bagaragaje ko binubira uburyo ingabo za Ukraine zihitamo kohereza abantu bakuze mu myitozo mu gihe abakiri bato bagumishwa ku rugamba.
Abasesenguzi bavuga ko biterwa n’uko imyitozo abanyaburayi baha ingabo za Ukraine, nta kidasanzwe ihindura ku rugamba bityo Ukraine ikabona kohereza abakiri bato benshi ari uguta umwanya.
Aba basirikare bakuze kandi, abashinzwe imyitozo mu Budage bavuga bibagora kubahugura kuko bumva ko bazi byinshi kuko abenshi barwanye mu gihe cy’intambara y’ubutita.
Ikindi kibazo ni inyito zitandukanye z’ibikoresho bya gisirikare kuko ingabo za Ukraine byinshi zikoresha byakozwe n’abarusiya, mu gihe iby’abanyaburayi biba bifite inyito n’imikorere yabyo. Ururimi narwo rwagaragajwe nk’indi mbogamizi.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com