Kuzimya Pariki ya Nyungwe bikomeje kuba ingorabahizi nyuma yuko ifashwe n’inkongi y’Umuriro ikomeye cyane

Igikorwa cyo kuzimya Pariki y’Igihugu ya Nyungwe yafashwe n’inkongi kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Kanama 2023, gikomeje kuba ingorabahizi. 

Igice cy’iyi Pariki ya Nyungwe cyafashwe n’inkongi giherereye mu Mudugudu wa Gakopfo mu Kagari ka Nyamuzi. 

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bweyeye bwabwiye IGIHE ducyesha iyi nkuru ko abaturage barenga 200 ari bo bazindukiye mu gikorwa cyo kwifatanya n’inzego zitandukanye z’umutekano mu gikorwa cyo kuzimya iyi nkongi yibasiye iyi Pariki ya Nyungwe. 

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bweyeye, Ndamyimana Daniel, yavuze ko hamaze gushya hegitari zigera muri 16 ndetse yemeza ko bari guhura n’imbogazi z’uko bari kuzimya agace kamwe hagahita hafatwa akandi. 

Ati “Ikibazo turimo guhura nacyo ni uko turimo kuzimya igice kimwe cyazima ikindi kikaba kirafashwe, murabizi iby’Impeshyi ariko n’ubundi biri guturuka ku biti biba byafashwe n’umuriro kigwa kikagwira ibindi ibyari aho hafi nabyo bikaba birafashwe.” 

Yongeyeho ko bari kuzimisha iyi nkongi amapiki n’imihoro n’amasuka bitewe n’imiterere y’ahantu yibasiye. 

Iyi Pariki ya Nyungwe iherereye mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bw’u Rwanda ndetse ikaba iri ku buso bwa kilometero kare 1019, irimo amoko 1068 y’ibimera, amoko 13 y’inguge, amoko 275 y’inyoni n’izindi nyamaswa zirimo inyamabere n’ibikururanda bitandukanye. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *