Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa na Real Madrid, Kylian Mbappé yaguze ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu Bufaransa ya Stade Malherbe Caen yakinnyemo N’Golo Kante, ahita yandika amateka mashya yo kuba ari we uguze ikipe akiri muto.
Mu myaka ye ya nyuma muri Paris Saint-Germain, Kylian Mbappé ni umwe mu bakinnyi bahembwaga amafaranga menshi ku Isi nyuma ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Nubwo yavuye muri Paris Saint-Germain ariko no muri Real Madrid azakomeza guhembwa amafaranga menshi kuko ni we mukinnyi uzajya ufata agatubutse kurusha abandi bakinnyi bose.
Aya mafaranga Kylian Mbappé amaze gukorera ayakoresha mu bikorwa byinshi birimo n’ibikorwa by’ubugiraneza ariko kuri ubu yamaze kuyashora mu kugura ikipe afatanyije n’abo mu muryango we nyuma yuko byari bimaze iminsi byandikwa ko ashobora kuyigura.
Ni ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya Kabiri mu Bufaransa yitwa Stade Malherbe Caen yanyuzemo mugenzi we bakinana mu Ikipe y’igihugu, N’Golo Kante, hagati ya 2013 na 2015 mbere yuko yerekeza muri Leicester City.
Uyu mukinnyi kuri ubu Mbappe niwe uyifitemo imigabane myinshi igera kuri 80 %, iyo migabane akaba yayitanzeho agera kuri miliyoni 20 z’Amayerero.
Undi uyifitemo imigabane ni Pierre-Antin Capton wari usanzwe ari Chairman wayo aho ayifitemo ingana na 20% ifite agaciro ka Miliyoni 5 z’Amapuwundi gusa.
Abaherwe b’Abanyamerika bari bashoye imari muri iyi kipe yakinaga mu cyiciro cya mbere ariko bikarangira imanutse mu cya kabiri mu mwaka w’imikino wa 2018-29 bamaze kuyikuramo akaba ariyo mpamvu uyu rutahizamu wa Real Madrid yayiguze.
Kylian Mbappé w’imyaka 25 yaguze Stade Malherbe Caen nyuma yuko akiri muto muri 2012 yari yarashatse kumusinyisha mu ikipe y’abato ariko bikarangira ahisemo kwigira muri AS Monac.
Mu mateka, Mbappé abaye umushoramari ukiri muto uguze ikipe y’umupira w’amaguru.
InyaRwanda
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
IGIHE CYO KUBIKUZA KURI PI NETWORK CYAGEZE: Reba ibisabwa muri iyi nkuru
Muntu uba muri iyi si y’ikoranabuhanga ukaba udakora mining ya cryptocurrency waracikanwe.
Ubundi ku bantu batabizi, mining ni uburyo bukoreshwa muri cryptocurrency, nk’ubucukuzi bw’amafaranga atangwa ku buntu nta gishoro watanze.
Icyo wowe ukora ni ugukanda ku ijambo mine gusa ubundi amafaranga y’ubunu akaba downloaded icyo gihe uba uri gucukura icyo bita coin. Izo coin nizo uvunjamo amafaranga ku buntu
Habaho coin nyinshi zikorerwa mining nzagenda nzibereka gacyegacye bitewe nuko nzajya mbanza nkayikoraho ubushakashatsi nkamenya ko ifite gahunda ifatika, ndetse binatewe n’umubare w’abakoresha Username yanjye mu gihe bagiye gutangira urugendo rwa mining.
Nk’ubu nawe iyo wakora ukaba uyicukura ni pi network: Icyo nkubwira nuko iyo umaze kwiyandikisha buri masaaha 24 wajya ugenda kuri app yayo ugakanda ijambo mine mine gusa ubundi amafaranga akidownlodinga mu masaha 24 akurikiyeho.
Waca kuri iyi link unyuze hano ubundi ukoreshe iyi username (Yamini01234) nka invitation code, nawe ugatangira ugacukura amafaranga y’ubuntu
Iyo ufunguye account udakoresheje iyo Username ntabwo umutekano w’amafaranga wamininze uba wizewe, ndetse n’ingano y’amafaranga udownloadinga agahita yiyongera kuko iyo ukoresheje iriya Username utangirana Pi imwe ihwanye n’Amadorali 40.
Buri munsi usabwe kujya wibuka gukanda ku ijambo mine kugirango ukomeze kudownloadinga amafaranga y’ubuntu, igihe cyo kubikuza tuzababwira uburyo bikorwa.
Ku bantu basanzwe bakora mining ya Pi Network, igihe cyo kubikuza kiregereje kuko yatangiye no gukoreshwa mu guhaha ibintu bitandukanye. Abemerewe kuyikoresha bahaha ni abamaze gukorerwa KYC verification.
Kugirango wemererwe gukora KYC Verification ari nayo izagufasha mu kubikuza, ni uko uba usanzwe ukora mining buri munsi.
Ku bindi bisobanuro by’uko wabikuza twandikire kuri WhatsApp: +254700212775