Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda irimo gutegura impinduka mu mushahara wa mwalimu, zizaza zisanga inyongera ya 10% y’umushahara abarimu bahabwa buri mwaka.
Ni inkuru nziza yatangajwe mu gihe ibiciro ku isoko bimaze kuzamuka cyane, ku buryo abantu benshi bagenda bakora impinduka mu byo bahaha.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Gicurasi 2022, ko hari ibyemezo Guverinoma yagiye ifata, kandi n’ubu bigikomeza bigamije kunoza imibereho myiza ya mwalimu.
Birimo ko kuva mu myaka itatu ishize, kuri buri mwaka w’ingengo y’imari abarimu bahabwa inyongera ya 10% ku mushahara bagezeho.
Yakomeje ati: “Ubwo ni 10% risanze wa wundi twari twongereye. Ikibazo cyabayemo ni uko umushahara w’ibanze, nk’umwalimu wo mu mashuri abanza washyizeho 10% ku mushahara usanzwe uri hasi cyane”.
“Nko ku bo mu mashuri yisumbuye ho 10% rifite icyo ryongeraho kuko yabaga ahera ku kantu kari hejuru gatoya”.
“Ariko ndagira ngo mbabwire ko hejuru y’iryo 10% ryagiye ryiyongeraho n’ubu tugikomeza kongeraho, hari n‘ibindi turimo guteganya bizaba ari byiza mu gihe kiri imbere ku mushahara wa mwalimu ntari butangarize aha kuko ni igikorwa kirimo gutegurwa, twibaza ko kizagira ingaruka nziza ku mushahara wa mwalimu”.
Imibare ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko mu mwaka wa 2020/21 abarimu babifitiye ubushobozi bari mu mashuri y’incuke bari 7,446, mu mashuri abanza ari 62,913 naho mu mashuri yisumbuye bari 31,910.
IGIHE
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%