Leta Zunze Ubumwe za Amerika yivanze mu kibazo cy’Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Gabon

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi giherutse kuba ndetse isaba ko Perezida Ali Bongo ufungiye iwe arekurwa. 

Mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yashyize hanze ku wa Gatatu, tariki 30 Kanama, nyuma y’amasaha make Igisirikare cya Gabon gitangaje ko cyahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo, risaba aba basirikare gusubiza ubutegetsi mu biganza by’abasivile. 

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu ni bwo itsinda ry’abasirikare ba Gabon bagiye kuri televiziyo bavuga ko bahiritse ubutegetsi bwa Ali Bongo, wari umaze umwanya muto atangajwe nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu. 

Muri iri tangazo Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Matthew Miller, yagaragaje ko aba basirikare ba Gabon bahiritse ubutegetsi bakwiriye kurekura Perezida Bongo n’abandi bantu bo muri Guverinoma bafunzwe. 

Ati “Turasaba abagize uruhare (mu guhirika ubutegetsi) kurekura ndetse no kubungabunga umutekano w’abagize Guverinoma n’imiryango yabo ndetse bagasubiza ubutegetsi mu biganza by’abasivile.” 

Uretse Leta Zunze Ubumwe za Amerika iki gikorwa cyo guhirika ubutegetsi cyamaganywe kandi n’ibindi bihugu by’amahanga birimo u Bwongereza, u Bufaransa n’u Budage.  

Ibi bihugu byose byagaragaje ko iki gikorwa kitubahirije ibigenwa n’Itegeko Nshinga, bisaba ko Ali Bongo asubizwa ku butegetsi. 

Kuva Ali Bongo yahirikwa ku butegetsi yahise afungirwa iwe mu rugo. Abasirikare bamuhiritse bavuga ko icyo bakoze ari ukumushyira mu kiruhuko cy’izabukuru. 

Kugeza ubu Gabon iyobowe n’Umutwe w’Abasirikare ushinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu urangajwe imbere na Gen Brice Oligui Nguema. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *