Intasi yafashije ingabo z’u Bwongereza n’izindi zo mu muryango NATO zari mu bikorwa byo kurwanya Abatalibani muri Afghanistan mbere y’uko bafata ubutegetsi, irasaba gukurwa ku rutonde rw’abimukira bashobora koherezwa mu Rwanda.
Uyu mugabo ikinyamakuru The Independent kitatangarije amazina avuga ko yakusanyirizaga amakuru y’ingenzi ingabo za Afghanistan zari zifatanyije n’iz’u Bwongereza na NATO mu kurwanya Abatalibani.
Yarakoreraga mu biro by’akanama gashinzwe umutekano mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu kari kazwi nka ONSC.
Muri hoteli ya Midlands acumbikiwemo hamwe n’umuryango we, uyu mugabo yasabye guverinoma y’u Bwongereza kumufasha nk’uko na we yayifashije.
Ati: “Guverinoma yatanze isezerano ry’uko izafasha abashyigikiye inyungu z’u Bwongereza muri Afghanistan, none ntiyabikoze.”
Muri Kanama 2021 ubwo Abatalibani bakuragaho ubutegetsi bwa Afghanistan, uyu mugabo yasobanuye ko kubera umutekano we, yihutiye guhungira mu Bwongereza akoresheje ubwato buto butemewe n’amategeko.
Ati : “Batangiye guhungisha abantu ariko twebwe nta yandi mahitamo twari dufite, keretse kunyura mu muyoboro.”
Yasobanuye ko kubera ko yageze mu Bwongereza anyuze mu nzira zitemewe, muri Gicurasi 2023 yakiriye imenyesha ryaturutse mu biro by’umutekano w’imbere ry’uko ari ku rutonde rw’abashobora koherezwa mu Rwanda.
Abazi ibikorwa bye muri Afghanistan barimo uwari Ambasaderi w’u Bwongereza muri iki gihugu, Nicholas Kay ndetse n’abajyanama babiri b’ingabo zirwanira mu kirere bakoreye i Kabul bari kumusabira ko yakurwa ku rutonde rw’abimukira bashobora koherezwa.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com