Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yagarutse kuri hoteli zemera kwakira abana bagasambanyirizwamo, asaba abazifite guhagurukira iki kibazo.
Ni ubutumwa yahaye abarenga 400 bari mu mwiherero w’iminsi itatu (hagati ya tariki 8-10 Gicurasi 2022) w’Abayobozi bashya b’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, PSF.
Uyu muyobozi yavuze ko abatanga serivisi zo kwakira abashyitsi barimo hoteli, utubari n’abafite andi macumbi, bashobora kugira uruhare mu kurwanya ibyaha birimo icuruzwa ry’abantu ndetse no gusambanya abana.
Ati: “Dufite ikibazo cy’abantu bangiza abana bacu muri izo hoteli, ndetse hakabamo n’ibintu byo gucuruza abantu, niho baganirira uko bajya gucuruza abo bana bacu ndetse hakabamo no kubangiza bikorerwamo”.
Minisitiri Gatabazi yakebuye abafite izo hoteli, asaba “Kudufasha, nubwo ari amafaranga uba ubonye ariko ubwo umwana wawe […], uko baje kwangiza umwana iwawe muri hoteli yawe, umenye ko wemeye ko ab’abandi babangiza ariko nawe uwawe bamujyanye mu yindi hoteli kuko ntabwo bamuzana mu yawe bazi ko ari iwawe”.
Yakomeje agira ati: “Ushobora kwakira abandi ariko n’abandi baba bakiriye abawe. Tubirwanyirije rimwe rero byadufasha kuko abana bacu nibo bazadusimbura. Tubarinde ababashora mu busambanyi, ubusinzi, ibiyobyabwenge n’ibindi bibi bibangiriza ubuzima”.
Minisitiri Gatabazi yashishikarije abikorera kwagurira ibikorwa byabo mu yindi mijyi yunganira Kigali bagafungurayo amashami.
Ati: “Ishoramari rigomba kuba mu Mujyi wa Kigali, mu mijyi igaragiye n’iyunganira Kigali kugira ngo byoroshye urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu kandi bizafasha kuzamura ubukungu bw’igihugu n’imibereho myiza y’abaturage”.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya.
Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu, cyangwa ukande hano ukore subscribe kuri Youtube Channel yacu
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering
Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose.
Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com
Wari uzi ko iyo gutega (Betting) ku mikino byaguhiriye bishobora kugufasha kwinjiza amafaranga atubutse?
Ujya wifuza gutega (Betting) ku mikino, ariko ukabura aho ubikorera n’ubigufashamo kubera imbogamizi zitanukanye?
Qatal Empire Association Limited ibigufashamo.
Utiriwe wigora uta umwanya wawe wari gukoresha ukora akazi kawe ka buri munsi, turagutumikira tukagufasha gutega ku mikino wifuza ndetse no mu buryo bwose ubyifuzamo.
Icyo usabwa ni ukuduhamagara/kutwandikira ukatubwira amakipe wifuza gutegera n’umubare w’amafaranga wifuza gushyiraho tugahita tubigukorera ako kanya.
Mu gihe wifuza gutega ku mikino iri kuba ako kanya (Live Betting) nabyo turabigukorera ndetse tukanagukurikiranira uburyo ibikubo (Odds) bihagaze mu gihe umukino uri kuba.
Akarusho, iyo wabaye umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), amafaranga yawe tuyaguha ako kanya kuko dukora amasaha 24/24.
Iyo wahisemo gukorana natwe, icyo usabwa ni ukwishyura amafaranga 100 Frw yonyine ya service (Kugutumikira), hanyuma waba umunyamahirwe (Ipari yawe yariye), ukatwishyura 10% y’amafaranga watsindiye.
Dukorana bya hafi na Forte Bet, Premier Bet, Lucky Bet, Golilla Games, Forzza Bet,…
Tubibutse ko Qatar Empire Association Ltd ari kompanyi yizewe kandi yemewe mu Rwanda, ikora ibijyanye no gutumikira abantu bashaka gutega (Betting) ku mikino bahisemo, ndetse muri iki gihe services zacu tuzitangira Online amasaha 24 ku yandi.
Twandikire kuri WhatsApp: 0790703644
Duhamagare kuri 0791448543
MoMo Pay: *182*8*1*096890#
Amazina dukoresha kuri MoMo Pay ni: Qatar Empire Association Ltd
Ku bantu badakoresha MoMo Pay, mushobora kwishyura munyuze hano
Qatar Empire Association Ltd: Turatumika kuko Twizewe 100%