Minisitiri muri Perezidansi yajombye urushinge mu gikomere cy’abafana ba APR FC bari bamaze kubabazwa na Rayon Sports

Minisitiri mu biro bya Perezida w’u Rwanda, Uwizeye Judith, yajombye urushinge mu gikomere cy’abakunzi ba APR FC bari bamaze kubabazwa na Rayon Sports mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu gihugu, Super Cup. 

Muri uyu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa 12 Kanama 2023, Rayon Sports yatsinze APR FC ibitego 3-0, iyitwara igikombe. Ni umukino wari witezweho guhatana gukomeye kuri aya makipe yombi yahuye akinisha abanyamahanga nyuma y’igihe kirekire. 

Rayon imaze kwegukana igikombe, Minisitiri wa siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yagaragarije ibyishimo ku rubuga rwa X (rwahoze rwitwa Twitter). 

Yagize ati: “Ohhhh Rayon, mbega ngo muratanga ibyishimooooo! Congratulations for the FERWAFA Super Cup 2023 win!! Ariko twishimire intsinzi, tuzirikana #KunywaLess” 

Bijyanye n’uko ikipe yasibye umukino itabanje gutanga ibisobanuro iterwa mpaga y’ibitego bitatu, Minisitiri Uwizeye yunze mu butumwa bwa Munyangaju, maze abaza ati: “Ni ibiki bibaye i Kigali! Ni mpaga se?” 

Rayon Sports yaherukaga gutwara APR FC igikombe cy’amahoro muri Mutarama 2023. Icyo gihe, iyi kipe y’ingabo yakinishaga Abanyarwanda gusa yatsinze igitego kimwe ku busa. 

Si ubwa mbere Minisitiri Munyangaju agaragaje urukundo rukomeye kuri Rayon Sports kuko yabikoze no ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro wabereye i Huye. 

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, ni we washinzwe gukemura ibibazo byari muri Rayon Sports mu 2020 nyuma y’uko uwayiyoboraga, Munyakazi Sadate, yandikiye Perezida Kagame. 

Ku bufatanye bwa Minisiteri ya Siporo n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere (RGB), Rayon Sports yahawe ubuyobozi bw’inzubacyuho mu gihe cy’ukwezi, mu Ukwakira 2020 hatorwa komite iyobowe na Uwayezu Jean Fidèle nu gihe cy’imyaka ine. 

Ubu buyobozi buyifashije kweguka ibikombe bibiri ndetse inabikuye mu maboko ya mukeba, harimo Icy’Amahoro ndetse na Super Cup yegukanye. 

Kimwe mu byo yegukanye cyayifashije kongera gusubira mu marushanwa Nyafurika yaherukagamo mu myaka ine ishize, dore ko uyu mwaka iri mu makipe azahatanira CAF Confedaration Cup.

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *