Nyuma y’uko kuri televiziyo y’igihugu cya Gabon hatangarijwe ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu, igisirikare cyahise gihirika ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo bahita banafunga imipaka yose y’iki gihugu.
Ali Bongo w’imyaka 64 yegukanye amatora y’umukuru w’igihugu ku majwi 64.27%, bimuhesha amahirwe yo kongera kuyobora Gabon muri manda ya gatatu.
Uwahiritse ubutegetsi bwa Perezida Bongo, ni ukuriye umutwe w’abasirikare bashinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu, bikavugwa ko aturuka mu muryango wa Ali Bongo.
Igisirikare cyatangarije kuri Televiziyo Gabon24 ko kivanye ku butegetsi Ali Bongo mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2023. Cyavuze ko gisheshe ibyavuye mu matora kandi ko gifunze imipaka yose y’igihugu.
Ali Bongo w’imyaka 64 y’amavuko yari yegukanye amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 64.27%, bimuhesha amahirwe yo kongera kuyobora Gabon muri manda ya gatatu.
Amakuru yashyizwe hanze na Komisiyo y’Amatora muri Gabon mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu agaragaza ko Albert Ondo Ossa wari uhatanye na Ali Bongo yagize amajwi 30.77%.
Nubwo Ali Bongo yari yegukanye intsinzi, aya matora yabaye mu cyumweru gishize akomeje kunengwa na benshi bitewe n’uko nta ndorerezi mpuzamahanga zayagaragayemo ndetse mu gihe yabaga internet ikaza gufungwa.
Ali Bongo yagiye ku butegetsi muri Gabon mu 2009, ubwo yasimburaga se Omar Bongo wari umaze kwitaba Imana. Mu 2016 yaje kwegukana manda ya kabiri nyuma yo gutsinda amatora n’amajwi 50.66%.
Hashingiwe ku Itegeko Nshinga ryavuguruwe mu 2017, ubu Ali Bongo yemerewe kwiyamamaza inshuro zose ashaka.
Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu.
Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060
Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare)
REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Gukoresha revive bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
REVIVE IGIZWE N’IBININI 10
UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze.
Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe!
N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho.
Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788
People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook
Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com