Munyakazi Sadate yahishuye indirimbo y’umuhanzi w’icyamamare yanditse abitewe n’ikibatsi cy’urukundo

Iyi ndirimbo y’Urukundo nta muntu numwe utarayikunze kuko nawe uri gusoma iyi nkuru warayikunze ariko ntabwo wari uzi ko yanditswe na Munyakazi Sadate ubwoa yayoboraga ikipe ya Rayon Sports 

Munyakazi Sadate yamamaye mu mpera z’umwaka wa 2019 na 2020, ubwo yari amaze guhabwa inshingano zo kuba Perezida w’ikipe ya Rayon Sports. 

Icyo gihe hagati muri uwo mwaka wa 2019, nibwo umuhanzi Social Mula wari mu babica bigacika mu muziki, icyo gihe yasohoye indirimbo yise ’Ku ndunduro’ yakunzwe n’abatari bacye ndetse yatumye atumirwa mu bitaramo bitandukanye tutibagiwe n’ubukwe yagiye asaruramo amafaranga menshi. 

Icyo gihangano rero abantu benshi kugeza ubu ntabwo bazi imvano yacyo kuko bazi ko cyagizwemo uruhare n’uyu muhanzi 100% nyamara ntabwo ariko bimeze kuko 70% y’igitekerezo n’imyandikire ni ibya Sadate Munyakazi. 

Ibi yabigarutseho kuri icyi cyumweru taliki 27 Kanama 2023 ubwo yari abajijwe niba koko ariwe wanditse iyi ndirimbo ya Social maze avuga ko ayifitemo uruhare ku ijanisha ryavuzwe haruguru. 

Ati: “Iriya ndirimbo nayigizemo uruhare nka 70 kuko igitekerezo ari icyanjye n’imyandikire hari ibitero nashyizemo nyuma yaho tuyishyikiriza Danny Vumbi arayinonosora hanyuma Mula arayiririmba.” 

Abajijwe aho yaba yarakomoye inganzo yavuze ko ashingira ku nkuru mpamo y’urukundo rwe n’umufasha we akurikije uburyo bari babanyemo kugeza n’ubu, bityo akabibonamo ko bazakomeza kubana kugeza ku Ndunduro. 

Yavuze ko we n’umugore we babanye ari bato cyane bari munsi y’imyaka 18, kuva ubwo ntabwo urwo bakundanye rwigeze rudohoka kuko n’ubu ngo bajya biyibutsa ibihe byabo byo mu bwana bagishakana bakumva barushijeho gukomera by’umwihariko iyo barikumwe n’abana babo. 

Sadate asanzwe ari inshuti na Social Mula utakibarizwa ku butaka bw’u Rwanda aho yaje kuva mu ntangiro z’uyu mwaka, akajya kuba ku mugabane w’i Burayi kugeza ubu bikaba bitazwi niba yaragiye kuhatura burundu cyangwa niba azagaruka. 

Gusa hari amakuru ko yaba arimo gushaka ibyangombwa bimwemerera kuhatura. 

Tubibutse ko mushobora gukurikirana iki gitangazamakuru ku mbuga nkoranyambaga zacyo zemewe, mukazajya mugezwaho amakuru agezweho ako kanya. Kanda hano udukurikirane (Follow) kuri Facebook Page yacu. 

Niba mwifuza ko tubamamariza ibikorwa byanyu bikabasha kwamamara hose ku isi, mushobora kuduhamagara/kutwandikira kuri +250782967060 

Niba usanzwe ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha REVIVE capsules (Ni Umwe mu miti Gakondo y’abashinywa yizewe ku rwego Mpuzamahanga Mugezwaho N’Ivuriro Fukang Healthcare) 

REVIVE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. 

REVIVE yongera ogisijeni (Oxygen) mu maraso. REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. 

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE: 

Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. Yongera libido (Ubushake) ku kigero cyo hejuru. Yongera umusaruro w’intanga mu bwiza n’ubwinshi. Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro 

Gukoresha revive  bikakurinda gupfubya uwo muhuye. 

REVIVE IGIZWE N’IBININI 10 

UKO IFATWA: Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi y’akazuyaze. 

Niba wiyumva nkutakibasha gushimisha uwo mwashakanye cg se umukunzi (partner) wawe, Wizuyaza kuduhamagara cg se kutwandikira ngo tugufashe! 

N.B ubaye ufite ikindi kibazo kihariye kigendanye n’ubuzima waca mugikari tukabiganiraho Birambuye. Aho uherereye hose imiti yacu yakugeraho. 

Iyi product wayibona ku giciro cya 40000 Frw. Hamagara & WhatsApp Number: +250788920788 

People Beats Muzika ni company nshya ikora ibijyanye na music consultancy ndetse ikanatunganya ibihangano n’ibindi byose bifitanye isano na sound engineering Uramutse ukeneye kubagana wahamagara kuri +250 787167585 cyangwa ukabandikira ku mbuga nkoranyambaga zabo, aho bakoresha amazina ya People Beats ku mbuga nkoranyambaga zose. Kanda hano ubashe kubandikira kuri facebook

Niba hari inkuru mufite mushaka gusangiza abakurikira uru rubuga (Amazuku.com), mwatwandikira kuri info@amazuku.com  

About Kwizera Yamini

I only talk when i feel my words are better than my silence. sometimes it may hurt or irritate but i like my Silence

View all posts by Kwizera Yamini →

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *